Umugeni yabyariye mu bukwe bwe umugabo we ajugunya impeta arigendera
Ni inkuru idasanzwe yabaye ubwo umugabo yasigaga umugore amaze kubyarira mu bukwe bwabo.Ibi ntabwo bisanzwe bibaho mu maso y’abaturage haba mu Rwanda ndetse n’ahandi hatandukanye gusa ibi byabaye byatumye benshi bibaza impamvu uyu mugabo yemeye gusezerana nawe.
Karl yemeye gushka na Diana kubera uburyo mama we yamumushyingirana cyane agatekereza ko bari kumukoresha kugira ngo arongore umukobwa wabo.Uyu mugabo yaje guhura n’akaga ubwo umugore yabyariraga mu bukwe neza neza nyuma y’amagambo atari make yavuzwe ko atwite ariko ntibihabwe agaciro ubundi bikaza gutuma umugabo yigendera bitewe n’uko umugore bari bagiye gukora bukwe yari amaze kubyariraho.
“Uratekereza Iki mama “?, uyu musore yahise akuramo udukomo adusigira mama we, mama we ahita amubaza ati:”Ese koko Diana araza kubikunda...