Friday, May 3
Shadow

Inkuru Nyamukuru

Hano hajya inkuru zigezweho gusa, inkuru zihutirwa nizo zandikwa hano.Amakuru yihutirwa , amakuru ari gushakishwa cyane ndetse n’amakuru ari kuvugwa cyane.

Inkuru nyamuru ni inkuru nkuri kurusha izindi zose.

Umugeni yabyariye mu bukwe bwe umugabo we ajugunya impeta arigendera

Umugeni yabyariye mu bukwe bwe umugabo we ajugunya impeta arigendera

Inkuru Nyamukuru
Ni inkuru idasanzwe yabaye ubwo umugabo yasigaga umugore amaze kubyarira mu bukwe bwabo.Ibi ntabwo bisanzwe bibaho mu maso y’abaturage haba mu Rwanda ndetse n’ahandi hatandukanye gusa ibi byabaye byatumye benshi bibaza impamvu uyu mugabo yemeye gusezerana nawe. Karl yemeye gushka na Diana kubera uburyo mama we yamumushyingirana cyane agatekereza ko bari kumukoresha kugira ngo arongore umukobwa wabo.Uyu mugabo yaje guhura n’akaga ubwo umugore yabyariraga mu bukwe neza neza nyuma y’amagambo atari make yavuzwe ko atwite ariko ntibihabwe agaciro ubundi bikaza gutuma umugabo yigendera bitewe n’uko umugore bari bagiye gukora bukwe yari amaze kubyariraho. “Uratekereza Iki mama “?, uyu musore yahise akuramo udukomo adusigira mama we, mama we ahita amubaza ati:”Ese koko Diana araza kubikunda...
Umugore uvuga ko yamaze imyaka 7 mu ijuru yapfuye amaze kuvuga ibyo yabonyeyo

Umugore uvuga ko yamaze imyaka 7 mu ijuru yapfuye amaze kuvuga ibyo yabonyeyo

Inkuru Nyamukuru
Urupfu ni kimwe no kuba muzima ni ikindi, birashobokako umuntu runaka ashobora gupfa gusa agakomeza aka muzima, sinzi niba nawe ubyemeranya n’ababivuga gusa igihari ni uko umuntu ashobora kumara igihe runaka aabantu baziko yapfuye nyuma akagaruka (Koma).Ese wemeranya n’uyu mugore wavuze ko yabanje gupfa nyuma akaza kuzuka akaza ku isi? Bifatwa nko gushaka guhakana ibyo Imana yavuze. Dr Lynda Cramer yashyize hanze umutumwa bugaragaza aho ayari ari mbere y’uko ava mu mubiri gapfa nk’uko byatangajwe n’abaganga mu minota 14 gusa.Uyu mugore watangaje ko yari yapfuye yemeje ko mu minota igera kuri 14 yavuze ko mu ijuru haba umusozi muremure cyane ukubye inshuro ibihumbi 300 umusozi muremure ku isi wa Everest abantu batandukanye bize mu mashuri bababwira ko ariwo musozi muremure ku isi. Uyu...
Umusore usa n’uwasinze yahawe urwamenyo mu Murenge ari gusezerana n’inkumi yihebeye

Umusore usa n’uwasinze yahawe urwamenyo mu Murenge ari gusezerana n’inkumi yihebeye

Inkuru Nyamukuru
Ntabwo bisanzwe bivugwa ndetse ntabwo bisanzwe bikorwa n’abantu batandukanye gusa kuri iyi ncuro uyu we abaye umugani , ararikoroza abantu bose bifata kumunwa.Yasaga n’uwasinze. Ni kenshi twagiye twumva inkuru z’abantu batandukanye, ni kenshi twagiye twumva ko habayeho gusetsa abantu mu buryo bumwe cyangwa ubundi ariko uyu we abaye induru ndetse afata n’umwanya muri telefoni z’abantu.Umusore ugaragara nkuwari uri mbere y’imbaga , zirimo inshuti , abavandimwe n’ababyeyi mu Murenge ari gusezerana mu masaha y’umugoroba abaye rwasezerera. REBA HANO VIDEO Y'UWO MUSORE ARI GUSEZERANA Mu mashusho afite amasegonda mirongo 30, uyu musore yavuze amagambo yasekeje abantu asa n’uri gutebya cyangwa se yasinze.Mu magambo ye yagize ati:”Nk’uko amateganyo/amategeko asaba abashakanye ntagahato ,...
Umukobwa w’imyaka 8 wari warashakanye n’umusaza w’imyaka 80 yapfuye mu ijoro ry’ubukwe

Umukobwa w’imyaka 8 wari warashakanye n’umusaza w’imyaka 80 yapfuye mu ijoro ry’ubukwe

Inkuru Nyamukuru
Iyi nkuru isa n’idasanzwe gusa yatangaje benshi nyuma yo kumenya ko yaje gupfa mu ijoro rye ry’ubukwe rifatwa nk’ijoro ry’ibyishimo kuri bamwe. Abakuru baravuga ngo “Bisasba icyaro kugira umwana akure neza”. Aha baba bashaka kugaragaza ko ababyeyi baba bafite akazi gakomeye cyane ko kurera ndetse nanone bakaba bafite umurimo udasanzwe yo gutanga uburere budashingiye kubyo bafite cyangwa ibindi bintu runaka.Bisaba icyaro kugira ngo umwana akure neza.Bisaba kutibanda kubutunzi cyangwa ku byamirenge cyane. Umubyeyi aba asabwa kurera umwana akoresheje urukundo , kumwitaho ku mumenyera buri kimwe ndetse n’ibindi bitandukanye.Mu miryango myinshi hano ku isi , abantu bahura n’ubukene bukabije , ndetse bagakena bitavugwa bikaba n’impamvu yo gukora amahano kuri bamwe abandi bakabura amahitam...
“Ntabwo nigeze ndyamana n’abagabo” ! Umugore yahawe urwamenyo nyuma yo kuvuga ko atararyamana n’umugabo n’umwe

“Ntabwo nigeze ndyamana n’abagabo” ! Umugore yahawe urwamenyo nyuma yo kuvuga ko atararyamana n’umugabo n’umwe

Inkuru Nyamukuru
Ntabwo bisanzwe ndetse byafashwe nko kwishongora kubagabo ubwo yavugaga ko atararyamana n’abagabo.Uyu mugore yabaye urwamenyo abantu baramuseka karahava ndetse n’abandi bemeza ko ibyo yavuze ntabwo azi. Umwe mu bagore bazwi cyane kandi bakunzwe cyane mu byerekeye urukundo witwa ‘Blessing Okoro’, wamamaye nka Blessing CEO, yavuze ko atigeze aryamana n’abagabo kubera amafaranga.Ubusanzwe uyu mugore amaze kumenyerwa cyane kumbuga nkoranyambaga aho akoresha amagambo atuma abantu bacika ururondogoro bakavugishwa kakava.Nyuma yo kwandika aya magambo ntabwo abantu bitaye kubwamamare bwe, bwamuhaye urwamenyo. Abinyujije kuri konti ye Instagram , imikino ye yahindutse amabara maze abantu bacika ururondogoro , baravuga cyane ndetse batanga n’ibitekerezo by’uko babyumva.Bamwe bavuze ko abeshya ...
Radio imwe yo mu Rwanda yirukanye umukozi uri mu mihango irashinjwa ubwambuzi n’abahoze bayikorera

Radio imwe yo mu Rwanda yirukanye umukozi uri mu mihango irashinjwa ubwambuzi n’abahoze bayikorera

Inkuru Nyamukuru
Abahoze ari abakozi ba Radio Imanzi barasaba ko bakishyurwa umwenda babarewemo, nyuma yo gukora amezi atanu ntibahembwe Kandi mu masezerano bagiranye na radio harimo kujya bahembwa buri kwezi, kugeza arangiye. Bavuga ko ibiri gukorwa na radio Imanzi byafatwa nk’ubwambuzi bushukana, kuko usibye kuba baranze kubaha amafaranga baberewemo, ngo nyuma yo guhagarikwa hazanywe abandi nabo bahabwa amasezerano, babwirwa ko bazahembwa ariko nabo ngo ntakintu bahabwa, ndetse muri bo hakaba hari abahagaritswe, hakazanwa abandi.Abaganiriye n'ikinyamakuru UMUSEMBURO.COM bavuze ko icyo bifuza Ari uguhabwa amafaranga bakoreye bakareka kwitwa ba Karyamyenda cyangwa se abambuzi, kuko ngo mugihe cyose batishyurwaga ariko bizezwa kuzayahabwa bagendaga bafata amadeni, naho abakodesha bakirukanwa mumazu baba...
INKURU Y’URUKUNDO N’UBUHEMU: SIBLINGS LOVE STORY  EP001

INKURU Y’URUKUNDO N’UBUHEMU: SIBLINGS LOVE STORY EP001

Inkuru Nyamukuru
INSHAMAKE Sibling’s love story n’inkuru irimo abana babiri umukobwa n’umuhungu aribo Jay na Megna, abana bakuze ari abavandimwe, bafite ababyeyi bombi. Nyuma se waba ariwe DANNY yaje gukundwa n’umusecretaire we bakoranaga MANDY, Mandy akora iyo bwabaga agambanira umugore wa Dany baramwica, Nyuma aza kwegukana Danny barabana. Mandy yarafite umugambi wo kuzegukana imitungo yose ya Danny, yakoze uko ashoboye atandukanya Jay na Megna bakiri bato. Yatumye Jay ashimutwa ngo yicwe Imana ikoresha Donald umwe mubari bashimuse yikundira Jay aramutabara amujyana mucyaro bajya kwibanira. Abana baje guhura nyuma bose ari bakuru bataziranye baza guhurira muri kaminuza imwe bombi barakundana. EP001 PRESENT DAY Inkuru itangira DANNY akiri mumyaka 25 ari kumwe n’umudamu we SOFIA w’imyaka 21 ba...
Umwarimukazi yasambanyije umunyeshuri amubwira ko aramuha amanota n’umwanya mwiza

Umwarimukazi yasambanyije umunyeshuri amubwira ko aramuha amanota n’umwanya mwiza

Inkuru Nyamukuru
Ubusanzwe abarezi ni bamwe mu bantu bubahwa cyane ku isi ndetse no mu buryo bwose, gusa iyi nkuru yateye benshi kwibaza niba koko uyu mwarimu atari akwiriye ibihano bikomeye. Umwarimu kazi yasambanyije umunyeshuri amusezeranya umwanya mwiza n’amanota meza ndetse ko kuzamuha umwanya wa mbere mu gihe cyo gufata indangamanota zabo.Ibi byabereye mu gace ka Missouri muri Leta zunze ubumwe za Amerika. Nyuma yo kumufata kungufu, uyu mwarimukazi yatawe muri yombi azira gufata kungufu umunyeshuri amwizeza ikiguzi cy’amanota no mwanya mwiza mu ishuri yari ayoboye.Uyu mugore witwa Lena Steward w’imyaka 26 y’amavuko wigishaga ku kigo cya Nixan High School muri Amerika. REBA HANO IKIGANIRO CYIZA TWAGUHITIYEMO Ibihano bihana uyu mwarimukazi bifitanye isano n’ibyo gutereta umunyeshuri n’ubund...
“Narashatse umugabo abonye ko ntwite arigendera” Agahinda k’umugore wasigiwe inda y’imvutsi  n’uwamushatse – VIDEO

“Narashatse umugabo abonye ko ntwite arigendera” Agahinda k’umugore wasigiwe inda y’imvutsi n’uwamushatse – VIDEO

Inkuru Nyamukuru
Ubusanzwe biragoranye ko wumva inkuru y'umugabo uteye gutyo wasize umugore nyuma yo kumva ko atwite. Iyi nkuru irakuriza kuko iteye agahinda cyane. Uyu mukobwa waduhaye ikiganuro asobanura neza iby'agahinda ke ndetse yemeza ko abayeho nabi nyuma yo gutabwa n'umugabo bashakanye bakundana.Uyu mukobwa yavuze ko igihe cyageze akiyemeza kujya gushaka gusa nyuma bikamubana agahinda. REBA HANO IKIGANIRO TWAGIRANYE N'UYU MUGORE WASIZWE N'UMUGABO WE ATWITE Ati:" Njyewe ntabwo nabyariye murugo , nari umukobwa mwiza , mba murugo tubanye neza mu mahoro nyuma nza gushwana no mu rugo ndashaka ariko nkigera mu rwanye nabanye n'umugabo wanjye amahoro kugeza ubwo twataniye. Umugabo wanjye , yaje kumenya ko ntwite inda ye, amenya ko ariwe uzayitaho kugeza umwana avutse.Ukugabo wanjye ntabwo yi...
Umukobwa yanze impeta umusore yamwambikiye muruhame ? Ese ni umuco mwiza ?

Umukobwa yanze impeta umusore yamwambikiye muruhame ? Ese ni umuco mwiza ?

Inkuru Nyamukuru
Iyo umusore abona yageze kugasongero ku rukundo rwe n'uwo bakundana nibwo ahitamo kubishyira kukarubanda abantu bose bakabimenya.Ibyabaye ku musore ni agahumamunwa. Akenshi inkuru y'urukundo iryohera amaso y'abari kuyireba bitegereza ibyayo gusa burya 50/100 byabo baba bategereje iherezo ryabo.Mu gihe umusore cyangwa umugabo ahisemo kwerekana urukundo rwe abayiteguye gusubizwa neza. ESE BYAGENDEKEYE UTE UWAPFUKAMYE BAKAMUREKERA IMPETA YE ? KANDA HANO UREBE IYO VIDEO BARIKWANGA IMPETA Y'UMUSORE Mu mashusho asa neza nayafatiwe ku muhanda agafatwa n'abashungerezi basanzwe bari bitegeye ibirori byabo , umusore yatunguye umukobwa wari wambaye gisirimu cyane maze baraganira byo gushwana maze abari kuruhande bati :" Barigushwana". Hadaciyemo n'umunota umwe, umukobwa yahise ashingura...