Umukobwa w’imyaka 8 wari warashakanye n’umusaza w’imyaka 80 yapfuye mu ijoro ry’ubukwe

31/01/2023 20:47

Iyi nkuru isa n’idasanzwe gusa yatangaje benshi nyuma yo kumenya ko yaje gupfa mu ijoro rye ry’ubukwe rifatwa nk’ijoro ry’ibyishimo kuri bamwe.

Abakuru baravuga ngo “Bisasba icyaro kugira umwana akure neza”. Aha baba bashaka kugaragaza ko ababyeyi baba bafite akazi gakomeye cyane ko kurera ndetse nanone bakaba bafite umurimo udasanzwe yo gutanga uburere budashingiye kubyo bafite cyangwa ibindi bintu runaka.Bisaba icyaro kugira ngo umwana akure neza.Bisaba kutibanda kubutunzi cyangwa ku byamirenge cyane.

Umubyeyi aba asabwa kurera umwana akoresheje urukundo , kumwitaho ku mumenyera buri kimwe ndetse n’ibindi bitandukanye.Mu miryango myinshi hano ku isi , abantu bahura n’ubukene bukabije , ndetse bagakena bitavugwa bikaba n’impamvu yo gukora amahano kuri bamwe abandi bakabura amahitamo ubukene bugatuma bata ingo biyubakiye.
Ese niba bikomerera ababyeyi gutyo, abana ubwo biba bimeze bite ? Ibi byagarutse mu matwi y’abantu batandukanye nyuma yo kumva inkuru y’umwana w’imyaka 8 wemeye gushakana n’umusaza w’imyaka 80 kugeza ubwo byaje kumuviramo urupfu mu ijoro rye ry’ubukwe.Uyu mwana witwaga Riwan wari ufite imyaka 8 gusa y’amavuko.

N’ubwo yapfuye ariko, byavugwako , uyu mwana yahatiriwe gukora ubukwe n’umusaza umukubye inshuro 10 zose.Ibi byatumye bamwe bibaza impamvu itangazamakuru ndetse n’umuryango w’umukobwa udafata iyambere ngo urwanye urwo rukundo rumeze rutyo rwabereye muri Yemen.Ubu bukwe bwatewe n’ubukene , uyu muryango w’uyu mukobwa wari ufite kugeza ubwo wemereye gutanga umwana wabo dore ko bashakaga amafaranga.

Muri iki gihugu cya Yemen, UN yatangaje imiryango isaga Miliyoni 10.5 zari zgiye kwacwa n’inzara akaba arinabyo bituma bafata imyanzuro idasanzwe.Ese koko birakwiye ko umwana ufite iyi myaka akora ubukwe n’umusaza ungana gutyo ? Wowe uri gusoma iyi nkuru urabibona gute ? Fata umwanya uduhe IGITEKEREZO cyawe unyuze aho hasi , hatangirwa ibitekerezo.

Niba ushaka kwamamaza kuri iyi website yacu cyangwa ukaba ushaka kuduha inkuru duhamagare cyangwa utwandukire kuri 0791859465.Tugufasha kwamamaza ibikorwa byawe kumfaranga make cyane , tunyuza ibikorwa byawe kumbugankorambaga zacu ndetse no kuri iyi website yacu bikamenyekana mu gihugu hose no hnze.Niba uri umuhanzi nawe twandikire turagufasha kumenyekanisha impano yawe bitakugoye kandi igiciro cyo ni nk’ubuntu.Igihangano cyawe tugishyira kuri website yacu kikabonwa n’abantu bose badusura umunsi ku munsi.

Advertising

Previous Story

Dore akamaro k’amakara akoreshwa mu gikoni

Next Story

Umugabo yaheze umwuka burundu arapfa ubwo yari arimo gutera akabariro

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop