Umugeni yabyariye mu bukwe bwe umugabo we ajugunya impeta arigendera

02/02/2023 18:38

Ni inkuru idasanzwe yabaye ubwo umugabo yasigaga umugore amaze kubyarira mu bukwe bwabo.Ibi ntabwo bisanzwe bibaho mu maso y’abaturage haba mu Rwanda ndetse n’ahandi hatandukanye gusa ibi byabaye byatumye benshi bibaza impamvu uyu mugabo yemeye gusezerana nawe.

Karl yemeye gushka na Diana kubera uburyo mama we yamumushyingirana cyane agatekereza ko bari kumukoresha kugira ngo arongore umukobwa wabo.Uyu mugabo yaje guhura n’akaga ubwo umugore yabyariraga mu bukwe neza neza nyuma y’amagambo atari make yavuzwe ko atwite ariko ntibihabwe agaciro ubundi bikaza gutuma umugabo yigendera bitewe n’uko umugore bari bagiye gukora bukwe yari amaze kubyariraho.

“Uratekereza Iki mama “?, uyu musore yahise akuramo udukomo adusigira mama we, mama we ahita amubaza ati:”Ese koko Diana araza kubikunda koko ?.Ushaka wakwihangana ukahaguma nyamara nyuma byaza kuba byiza cyane.”Uyu mugabo yahise arakara cyane gusa asiga amubwiye ko atigeze amwizera nagato, aho yavuze ati:”Ntabwo nigeze nkwizera nagato”.
Umubyeyi w’uyu musore yaramubwiye ati:”Ndabyemera ko yagukoresheje pe kubera ko yari umuzi w’amenyo nawe urangije ushukwa n’ubwiza bwe n’uburyo yagaragaraga inyuma , urangije unanirwa kwitegereza we wanyawe, amakosa nayawe wagombaga kubanza kumenya uwo mukobwa uwari we ubundi ukabona kwemera kubana nawe none dure ntugire uwo ushyiraho amakosa”.

Uyu musore yaragize ati:”Ndarambiwe cyane rwose pe, ndarambiwe rwose ,ese ni iki nakora kugira ngo wumve ukuri”.Agisohoka mama we yaramuhamagaye gusa asanga umusore yamaze gusohoka atakimwumva.Uyu mubyeyi (mama w’umusore ), yafuhiraga umusore we cyane ndetse akanafuhira Diana wari ugie kubana n’umusore we n’ubwo nawe atigeze amubwiza ukuri.Uyu mukobwa yakundanye n’uyu musore kubera ko yari amukurikiranyeho amafaranga ye kugeza ubwo yamubeshye bikaza kumupfubana.

Uyu musore yahise yigira munzu yabo yari irahandi hantu, umujinya ashaka uko washira.Yasubije amaso inyuma yibuka uburyo DIANA , yamubwiye ko amukunda ndetse amubwira ko mumigani ko atwite ntiyabyitaho na cyane ko nta gihe bari bamaranye bombi bakundana.Urukundo ni inzia ndende.Ese wowe byagenda gute mu gihe ibi byabaye kuri Karl nawe byakunaho akabyara mutaragera murugo rushya?, dusangize ibitekerezo byawe.Src: amomama.com.

Advertising

Previous Story

Umugore uvuga ko yamaze imyaka 7 mu ijuru yapfuye amaze kuvuga ibyo yabonyeyo

Next Story

Menya ibyo abagabo benshi bakora bikangiza imyanya yabo y’ibanga

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop