Umwarimukazi yasambanyije umunyeshuri amubwira ko aramuha amanota n’umwanya mwiza

29/01/2023 11:45

Ubusanzwe abarezi ni bamwe mu bantu bubahwa cyane ku isi ndetse no mu buryo bwose, gusa iyi nkuru yateye benshi kwibaza niba koko uyu mwarimu atari akwiriye ibihano bikomeye.

Umwarimu kazi yasambanyije umunyeshuri amusezeranya umwanya mwiza n’amanota meza ndetse ko kuzamuha umwanya wa mbere mu gihe cyo gufata indangamanota zabo.Ibi byabereye mu gace ka Missouri muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
Nyuma yo kumufata kungufu, uyu mwarimukazi yatawe muri yombi azira gufata kungufu umunyeshuri amwizeza ikiguzi cy’amanota no mwanya mwiza mu ishuri yari ayoboye.Uyu mugore witwa Lena Steward w’imyaka 26 y’amavuko wigishaga ku kigo cya Nixan High School muri Amerika.

REBA HANO IKIGANIRO CYIZA TWAGUHITIYEMO

Ibihano bihana uyu mwarimukazi bifitanye isano n’ibyo gutereta umunyeshuri n’ubundi bisa neza nibyari byarabaye mu mwaka wa 2022.Uyu munyeshuri yari afite imyaka 16 y’amavuko n’ubwo hari abamezaga ko yari afite imyaka 17 y’amavuko.Iperereza rirakomeje aho kugeza ubu uyu mwana arimo kubazwa ibibazo bifitanye isano no kumenya icyatumye afatwa kungufu.

Uyu mwana yemeza ko atifuzaga kugira amanota meza ari mu cyiciro cya mbere (A), bidaturutse mu bwenge bwe, asobanura ko atanifuzaga ko akoreshwa imibonano mpuzabitsina n’umwarimu we mu cyimbo cy’ayo manota ndetse n’umwanya mwiza mu ishuri yigaga mo.Abanyeshuri batavuzwe amazina , bagaragaje ko bo n’uyu mwana bagendanye ahantu , uyu Lena akababwira ko abasangayo.Ubwo yabasangagayo , bavuze ko akoze imibonano mpuzabitsina mu ijoro.

Ati:”Gutyo muri ayo masaha, Lena yagumye mu modoka ye n’uko umwana amusangamo barasomana bakuramo imyenda ubundi barasambana.Ubundi bongeye guhura barasomanye cyane mbese bisa naho baziranye cyane byagaragariraga buri wese”.
Uyu mwarimukazi , yigeze muhanwa ndetse arirukanwa mu mwaka wa 2022 , yirukanwe niki kigo cya Nixan High School.Uyu mwarimukazi Steward Lena yongeye kugarurwa.

Iyirukanwa rye ryanyuze mu rwandiko yahawe muri icyo gihe.Ubusanzwe umuco wo gufata kungufu abana mu mashuri uri hose ku isi gusa nanone Leta zose zashyizemo imbaraga ngo zice intege abantu bose bafite imico itari myiza yo kwangiza abana bakiri bato binyuze mukubashukisha amanota meza n’ibindi

Advertising

Previous Story

“Narashatse umugabo abonye ko ntwite arigendera” Agahinda k’umugore wasigiwe inda y’imvutsi n’uwamushatse – VIDEO

Next Story

INKURU Y’URUKUNDO N’UBUHEMU: SIBLINGS LOVE STORY EP001

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop