Umugore uvuga ko yamaze imyaka 7 mu ijuru yapfuye amaze kuvuga ibyo yabonyeyo

02/02/2023 11:08

Urupfu ni kimwe no kuba muzima ni ikindi, birashobokako umuntu runaka ashobora gupfa gusa agakomeza aka muzima, sinzi niba nawe ubyemeranya n’ababivuga gusa igihari ni uko umuntu ashobora kumara igihe runaka aabantu baziko yapfuye nyuma akagaruka (Koma).Ese wemeranya n’uyu mugore wavuze ko yabanje gupfa nyuma akaza kuzuka akaza ku isi? Bifatwa nko gushaka guhakana ibyo Imana yavuze.

Dr Lynda Cramer yashyize hanze umutumwa bugaragaza aho ayari ari mbere y’uko ava mu mubiri gapfa nk’uko byatangajwe n’abaganga mu minota 14 gusa.Uyu mugore watangaje ko yari yapfuye yemeje ko mu minota igera kuri 14 yavuze ko mu ijuru haba umusozi muremure cyane ukubye inshuro ibihumbi 300 umusozi muremure ku isi wa Everest abantu batandukanye bize mu mashuri bababwira ko ariwo musozi muremure ku isi.

Uyu mugore Dr Lynda, yatangaje ko yanyuze mu bwogero mbere y’uko apfa ubwo hari mu masaha ya mugitondo ashyira tariki 6 Werurwe mu mwaka wo mu 2001.Uyu mugore yavuze ko nyuma yo gupfa urugendo rwe rwakomeje kugeza ubwo yageze no mu ijuru.Yavuze ko byamubereye nkaho agiye kumara imyaka igera kuri 7 yose arimo gutemberezwa mu ijuru.Aganira n’umunyamakuru NDE Diary , ukorera kuri Youtube, Dr Cramer yavuze ko yapfuye nyuma agafata indi shusho yihitiyemo.
Yavuze ko kandi mu ijuru yahabonye amabuye meza ibitare byiza cyane.Yaragize ati:”Ibyo nibyo nabonye mu ijuru njye ubwo nariyo, nisanze mpamagaze ahantu heza cyane huzuye indabo gusa. Narimo ndeba umusozi mwiza cyane ukubye ubunini umusozi wambere ku isi ariwo umusozi wa Evereste ,mu by’ukuri uwukubye incuro ibihumbi 300.

Ahantu narindi , hari hasa neza hari ubwiza butangaje, nabonaga inyubako za ‘Skyscrapers’.Umujyi wa Dubai ni mubi cyane rwose ugereranyije n’uwo narimo kubona.Nabonye ibiyaga byiza cyane, mbese hari hatangaje cyane.Navganye n’abantu baho, nganira nabo rwose , nisanzurana nabo kugeza ubwo naje kuba bo”.Yavuze ko kandi abantu babona urupfu nko kurota cyangwa gupfa kubwonko.

Ati:”Bamwe bacika urupfu binyuze mu nzozi cyangwa kubona ibidahari , ibintu by’urupfu biratangaje cyane ndetse nta n’ubwo wabyizera uko ubonye.Ubushakashatsi bwakozwe na Neuroscientific bugaragaza ko ibyo uyu mugabo yanyuzemo ari ukuvungirwa kubwonko bigatinyishwa n’ibyo atekereza cyangwa yanyuzemo.

Bamwe ntabwo bakwemera ubu buzima bwo mu ijuru bya Dr Cramer dore ko igihe avuga yamazeyo ari kirekire cyane ugereranyije n’ibyo yavuzeyo. Abizera Imana bagaragaza ko igihe cyo kujyanwa mu ijuru kitaragera kandi ko nikigera kizabonwa nababikoreye.Iyi nkuru twayikuye ku kinyamakuru Mirror.uk.

Niba ushaka kwamamaza kuri iyi website yacu cyangwa ukaba ushaka kuduha inkuru (Uri umuhanzi )duhamagare cyangwa utwandukire kuri 0791859465.Tugufasha kwamamaza ibikorwa byawe kumfaranga make cyane , tunyuza ibikorwa byawe kumbugankorambaga zacu ndetse no kuri iyi website yacu bikamenyekana mu gihugu hose no hnze.Niba uri umuhanzi nawe twandikire turagufasha kumenyekanisha impano yawe bitakugoye kandi igiciro cyo ni nk’ubuntu.Igihangano cyawe tugishyira kuri website yacu kikabonwa n’abantu bose badusura umunsi ku munsi.

Advertising

Previous Story

Umusore usa n’uwasinze yahawe urwamenyo mu Murenge ari gusezerana n’inkumi yihebeye

Next Story

Umugeni yabyariye mu bukwe bwe umugabo we ajugunya impeta arigendera

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop