Umusore usa n’uwasinze yahawe urwamenyo mu Murenge ari gusezerana n’inkumi yihebeye

01/02/2023 19:50

Ntabwo bisanzwe bivugwa ndetse ntabwo bisanzwe bikorwa n’abantu batandukanye gusa kuri iyi ncuro uyu we abaye umugani , ararikoroza abantu bose bifata kumunwa.Yasaga n’uwasinze.

Ni kenshi twagiye twumva inkuru z’abantu batandukanye, ni kenshi twagiye twumva ko habayeho gusetsa abantu mu buryo bumwe cyangwa ubundi ariko uyu we abaye induru ndetse afata n’umwanya muri telefoni z’abantu.Umusore ugaragara nkuwari uri mbere y’imbaga , zirimo inshuti , abavandimwe n’ababyeyi mu Murenge ari gusezerana mu masaha y’umugoroba abaye rwasezerera.

REBA HANO VIDEO Y’UWO MUSORE ARI GUSEZERANA

Mu mashusho afite amasegonda mirongo 30, uyu musore yavuze amagambo yasekeje abantu asa n’uri gutebya cyangwa se yasinze.Mu magambo ye yagize ati:”Nk’uko amateganyo/amategeko asaba abashakanye ntagahato , nemeyo umutesi Foibe, amberaaaa ! ?” Abantu ngo Eheeeee ! arangisha arambwira ngo “Silence” (Muceceke). Njyewe , Nzeyimana Augustin”.Uyu musore yabaye urwamenyo ndetse bibaza niba yakoze ubukwe koko cyangwa niba yarimo atebya (Asetsa ) nk’uko bimaze kuba umuco muri rubanda.Ibi bije nyuma y’izindi nk’uru z’umusore wateye ivi , nyuma bikagaragara ko yarimo atwika.

Abantu bose bayashyize ku mbugankoranya mbaga zabo maze bandika amagambo atandukanye.Murungi Sabin ni umunyamakuru ruharwa kuri Youtube yanditse ati:”ARASEZERANYE UMUNYAMAKURU”.Uwitwa Bugoyi Side TV yagize ati:”Ubundi Urugo Ruzaba Ijuru rito urabona Kareee , (araseka) Wabonye Confidence umusaza ahagaze?”.Kuri Watsapp bamwe bagize ati:”Munyihanganire nibwo nkiva mu bukwe bwa Augstin”,Benshi bagarutse kuri aya mashusho gusa ntabwo bose bayavugaho rumwe.

ESE KUKI ABANTU BAKOMEJE KWIBAZA KU MASHUSHO Y’ABANTU ARI GUSHYIRWA HANZE ? ESE UYU NAWE ARI GUKINIRA ABANYARWANDA FILIME?

Byashobokako uyu nawe ari gukina filime kuko n’uwambere wagaragaye atera ivi nawe yarimo akina filime.Uyu musore yari yambaye mu buryo budasanzwe kuko yari yambaye ipantaro nk’umuntu utabiha umwanya.Yari yambaye nk’umusore wabiciye amazi, yari yambaye nk’aho byamutunguye.Bamwe bemez ko iyi ishobora kuba ari filime tukazabyumva nyuma babyigamba.

Niba ushaka kwamamaza kuri iyi website yacu cyangwa ukaba ushaka kuduha inkuru duhamagare cyangwa utwandukire kuri 0791859465.Tugufasha kwamamaza ibikorwa byawe kumfaranga make cyane , tunyuza ibikorwa byawe kumbugankorambaga zacu ndetse no kuri iyi website yacu bikamenyekana mu gihugu hose no hnze.Niba uri umuhanzi nawe twandikire turagufasha kumenyekanisha impano yawe bitakugoye kandi igiciro cyo ni nk’ubuntu.Igihangano cyawe tugishyira kuri website yacu kikabonwa n’abantu bose badusura umunsi ku munsi.

Advertising

Previous Story

Umugabo yaheze umwuka burundu arapfa ubwo yari arimo gutera akabariro

Next Story

Umugore uvuga ko yamaze imyaka 7 mu ijuru yapfuye amaze kuvuga ibyo yabonyeyo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop