Icyamamare muri Muzika ya Tanzania ndetse no muri Afurika yose Diamond Platnumz akaba umuyobozi wa Wasafi kompanyi ifite abahanzi, television ndetse na Radio, akomeje
Umuhanzi Elvis Kirya wamamaye mu njyana ya Dancehall, yatangaje ko arembejwe n’imndwara ya Tythoid yatewe n’indwara yo kunywa amazi asa nabi. Abinyujije kumbuga
Oyinkansola Sara Aderibigbe wamamaye nka Ayra Star yemeje ko arambiwe abagabo bamubuze kwambara imyambaro y’impenure. Umuhanzikazi Ayra Star uri mu bagezweho ku
Meddy akomeje kuganza bagenzi be mu ndirimbo zarebwe cyane kuri Youtube mu gihe nyamara amaze igihe adakora umuziki. Abahanzi Nyarwanda benshi muri iyi
Nta cyumweru gishira Harmonize atireguye ku makuru yo gukundana n’umukobwa runaka.Uyu muhanzi ushaka kwigana Diamind Platnumz, yagize icyo avuga ku byo kuba we na
Umukobwa w’uburanga budasanzwe Ndekwe Paulette , arimo kwitegura guhararira u Rwanda mu marushanwa ya Miss Cosmo World 2023, azabera muri Malaysia ku wa 29
Umuraperi wamamaye mu njyana ya Hip Hop Fizzo Mason ,yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise ‘Zabada’ ishingiye ku nkuru y’urukundo. Mu kiganiro , Fizzo