Umuraperi Fizzo Mason yakoze mu nganzo ahuza imbaraga na Joshari bashyira hanze iyo bise ‘Zabada’ – VIDEO

05/11/2023 14:53

Umuraperi wamamaye mu njyana ya Hip Hop Fizzo Mason ,yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise ‘Zabada’ ishingiye ku nkuru y’urukundo.

 

Mu kiganiro , Fizzo Mason yagiranye na UMUNSI.COM yavuze ko iyi ndirimbo ishingiye ku nkuru y’urukundo hagati y’abantu babiri

Mu magambo ye yagize ati:” Iyi ndirimbo ishingiye ku nkuru y’urukungo rwa babiri Iyi ndirimbo ‘Zabada’ irazimije ariko n’ibyagihanzi , uwayumvise ashobora guhita ayamenya”.

 

 

Fizzo Mason ni umuraperi utajya acika intege muri muzika ye na cyane ko yatangiye kuwukora kuva kera.Uyu muhanzi yatangaje ko nyuma y’iki gihangano gishya afite indi mishinga arimo gutegura.

 

Advertising

Previous Story

Diamond Platnumz yongeye kugaragara mu mashusho ari gusangira n’umugabo wa Zari Hassan bahuje urugwiro

Next Story

MU MAFOTO: Irebere uburanga bwa Ndekwe Paulette ugiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Cosmo World 2023

Latest from Imyidagaduro

Go toTop