The Ben n’umugore we Miss Uwicyeza Pamella bashyize hanze urubuga , abashaka kubatera inkunga banyuraho bakabasha kubifuriza ubukwe bwiza ndetse bakanabasha kubaha ubutumwa bwo kubifuriza urugo rwiza.
Nk’uko bigaragara ku rubuga rwabo bwite aho banyuza amakuru yabo ndetse akaba ari naho hazaanyuzwa ubukwe bwabo mu buryo bw’imbona nk’ubone, ubu bukwe buzaba tariki 23 Ukuboza 2023, bubere muri Kigali Convention Center guhera isaa Mbili zuzuye.
[irp]
Binyuze kuri uru rubuga , The Ben na Pamella bashyizeho uburyo bwo gutwereza abantu abantu batandukanyu.Urubuga rwabo ni www.Thebenandpamell.com
Uburyo bwo gutwerera cyangwa gutanga impano ni; Mobile Money, Visa Card, Master Card cyangwa kunyura kuri book.stripe.com.