Saturday, May 4
Shadow

Imikino

This Category of ‘Imikino’ Deals with only sports news and other updates related to sports.

“Ndi umugore w’imyaka 22 umugabo wanjye afite imyaka 66 gusa abantu banga ko twiryamanira” !

“Ndi umugore w’imyaka 22 umugabo wanjye afite imyaka 66 gusa abantu banga ko twiryamanira” !

Imikino
Ni inkuru itakirwa neza na benshi by’umwihariko abageze mu zabukuru bakabyita amahano.Urukundo rw’abageze mu zabukuru n’abana bakiri bato rukomeje kuza kumpapuro z’imbere mu nyamakuru bitandukanye muri iyi minsi.Uru rukundo narwo rwabaye kimomo ubwo umukobwa w’imyaka 22 wiyita umugore w’umusaza w’imyaka 66 y’amavuko , yagaragazaga ko abayeho nabi ndetse abangamiwe n’abamuca intege. Uyu mugore yavuze ko iyo asohokanye n’umugabo we w’imyaka 66 y’amavuko, bagafata Lodge yo kuraramo, biba ngombwa ko babahereza ibyumba bitandukanye bakanga ko bararana bavuga ko badakwiranye bakabicira urukundo rwabo mu gihe bo baba bumva bararana bagakora n’imibonano mpuzabitsina.Iyi nkuru yabaye kimomo maze abantu si ukuvuga bacika ururondogoro. Uyu mudamu yagize ati:”Iteka baduha ibyumba bibiri bitand...
Umuyobozi w’Ikipe yahagaritswe kubera kwihagarika mu kibuga cy’umupira w’amaguru

Umuyobozi w’Ikipe yahagaritswe kubera kwihagarika mu kibuga cy’umupira w’amaguru

Imikino
Umukozi wa ‘club’ yahagaritswe kubera kwihagarika mu kibuga cy’umupira w’amaguru mu gihe cy’umukino Ibi byabaye kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 22 Gashyantare 2023 ubwo Komite ishinzwe imiyoborere y’agateganyo (IMC) yahagaritse Auwal Mohammed, umuyobozi w’ikigo cya Shooting Stars FC, kubera kwihagarika ku kibuga ni mumukino wa Nigeria Professional Football League (NPFL)yakinaga na Akwa United. Ubuyobozi bwa shampiyona mu ibaruwa yandikiye iyi kipe bwavuze ko umuyobozi wa 3SC yakoze "igikorwa gisuzuguritse" mu gihe iyi kipe yaguye miswi na Akwa United kuko umukino wabahuje warangiye ari ibitego 2-2 uyu mukino wabaye ku cyumweru kuri Stade ya Lekan Salami i Ibadan. IMC yemeje ko kwiyerekana ku myitwarire mibi kwa Muhammed “bigararagaza agasuzuguro” maze akaba yahanishijwe umwaka u...
Umugeni yasakuje cyane mu bukwe nyuma yo kumenya ko uwa mwambariye yaryamanye n’umugabo we mbere y’ubukwe bwabo

Umugeni yasakuje cyane mu bukwe nyuma yo kumenya ko uwa mwambariye yaryamanye n’umugabo we mbere y’ubukwe bwabo

Imikino
Ibi bikunze kubaho ariko bikagirwa ibanga, bamwe bemeza ko ari bibi abandi bakavuga ko ubuzima bubabaza iyo wisanze uri ku ntambara z’uwo wihebeye.Urukundo rwawe nirwo rwambere niyo mpamvu bamwe barwanirira ababo kugeza amaraso aje nk’ibyabaye kuri uyu mugeni wavumbuye ibintu bidasanzwe ari mu bukwe bwe. Nk’uko bigaragazwa n’amashusho yafashwe ubwo umugore wari washyingiwe ari umugeni, yamenye ko inshuti ye imwambariye yaryamanye n’umugabo we mbere ho gato y’uko bakora ubukwe.Uyu mugeni wagerageje gufatwa kugira ngo adateza ikibazo kubera uburakare yari yagize yanze kubyumva arakomeza arasakuza cyane n’ijwi ryo hejuru , asaba ko ubukwe bwahagarara uwo mwanya. Uyu mugore yarize cyane nyuma yo kumenya ko umugabo we yakundaga , yibeye , yafatiye umwanzuro wo kubana nawe , yamucaga inyum...
Biratangaje :  Imbyino yahindutse icyorezo cyamaze abantu

Biratangaje : Imbyino yahindutse icyorezo cyamaze abantu

Imikino
Icyorezo cyo kubyina cyo mu 1518 cyari icyorezo kidasanzwe kandi cyica imbaga nyamwinshi,iki cyorezo cyabaye mu mpeshyi yo mu mwaka 1518 i Strasbourg, mu Gihugu cyu Bufaransa. Abantu babarirwa mu magana bo muri uwo Mujyi baba bajwe cyane no kubyina bitunguranye kuko mu byumweru byinshi, Abantu benshi barabyinnye kugeza ubwo bamwe baguye hasi igihumure abandi barapfa kubera umunaniro. Icyorezo cyo kubyina ni kimwe mu byorezo bidasanzwe kandi by’amayobera, kuko icyabiteye ntikiramenyekana. Muri Nyakanga 1518,nibwo umugore witwa Frau Troffea yatangiye kubyina mu mihanda ya Strasbourg, bituma havuka iki cyorezo. Yabyinnye iminsi n'iminsi, bidatinze abandi baramukurikira. Mu cyumweru kimwe, hari abantu benshi babyinaga mu mihanda, kandi umubare wariyongereye mu gihe gito. Benshi mu ...
Bikini Sunday Beach Party: Chriss Eazy yatangaje ko agiye gucanira umuriro hejuru y’ikiyaga cya Kivu mu Karere ka Rubavu

Bikini Sunday Beach Party: Chriss Eazy yatangaje ko agiye gucanira umuriro hejuru y’ikiyaga cya Kivu mu Karere ka Rubavu

Imikino
Umuhanzi umaze kuba icyamamare mu Rwanda no ku isi muri rusange Chriss Easy yatangaje ko agiye gutaramira Abanya-Rubavu, mu gitaramo azakorera ku mazi ahazwi nko kuri EL CLASSICO BEACH iherereye mu Karere ka Rubavu, hafi n’amashyuza. Uyu muhanzi uzafatanya n’abandi bahanzi barimo n’itsinda rya The Same, yashimangiye iby’iki gitaramo kizaba tariki 19 Gashyantare 2023,aho yagaragje ko umuriro agomba kuwucanira hejuru y’amazi y’ikiyaga cya Kivu.Mu magambo ye Chriss Easy yagize ati:”Y’all my People , This is Chris Eazy ndagira ngo mbatumire mu gitaramo Bikini Sunday Beach Party, kizabera mu Kaarere ka Rubavu kuri El Classico Beach’ muzaze turye show”. Chris Eazy agiye gutaramira muri aka Karere ka Rubavu nyuma yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo yise Edeni ikubiyemo ubutumwa bw’abak...
Abafana ba Rayons Sports barenda kwicwa n’agahinda ! Ntibashaka umutoza wabo

Abafana ba Rayons Sports barenda kwicwa n’agahinda ! Ntibashaka umutoza wabo

Imikino
Abanyarwana hafi ya bose bamaze kumenyera imvugo igira:”Iti nta kabiri Gatatu murugo rw'umugabo”, ariko iyi mvugo ishaje mu gihugu ubanza aba rayon itabareba kuko bimaze igihe byaranze kwigaranzura mu cyeba Kiyovu. Kuri icyi cyumweru Taliki 5 gashyantare 2023 habaye umukino wa 18 wa shampion wahuje ikipe isanzwe ifite abafana benshi RAYON sports na kiyovu sc .Uyu mukino wagiye kuba abafana bo kumpande zombi ,bakaniye kuko mu ndirimbo n’amagambo byabaranze wumva buri kimwe n abafana bayo bambariye gutsinda. REBA HANO IKIGANIRO N'ABAFANA BA RAYONS SPORTS BARAKAYE CYANE Kw isaha y’isaa 15h00 zuzuye nibwo umusifuzi Cucuri yahushye mu ifirimbi maze umukino waberaga ku kibuga cy’Akarere ka muhanga (Stade Muhanga) uba uratangiye ,ariko urusaku n’amashyi bya Rayons n’Abayovu byari uruf...
Umuyobizi wa Radio yakubise umunyamakurukazi amugira intere

Umuyobizi wa Radio yakubise umunyamakurukazi amugira intere

Imikino
Inkuru nk’izi ntabwo ziba zisanzwe mu matwi y’abazumva batandukanye na cyane aba ari inkuru zaidasanzwe.Ntabwo wapfa kumva umuyobozi wa Radiyo runaka warwanye n’umunyamakuru ni ibintu bigoye cyane kubyumva gusa kuri ubu byabayeho, bapfa ko umunyamakuru yariye amafaranga yo kwamamaza. Binyuze ku mashusho arigukwirakwira kumbuga nkoranyambaga by’umwihariko kuri twitter, umunyamakuru yagaragaye ari guhondagurwa n’umuyobozi we wa Radiyo amuhora kuba yariye amafaranga yo kwamamaza yari azanwe n’umukiriya wabo washakaga ko bamwamamariza.Iyi Radiyo ikorera mu gihugu cya Uganda yasize inkuru imusozi dore umuyonozi wayo yayishyize mu kangaratete. Iyi radiyo yitwa Kanungu FM ivugira kuri 91.5 Megerhertz ikorera mu gihugu cya Uganda yabaye urwamenyo binyuze kuri uyu muyobozi wayo witwa Twina...
Nubona umwana wawe yicaye gutya uzahite umubuza

Nubona umwana wawe yicaye gutya uzahite umubuza

Imikino
Igisha umwana wawe kwicara neza, nubona umwana wawe yicaye gutya uzahite umubuza. Ubusanzwe abana bakunda gukora ibyo bashaka uko bagenda bakura.Umwana afata inyicaro ye uko abyifuza kuburyo bishobora no kumugiraho ingaruka mu gihe runaka.Abana benshi bakunda gukinira mu mucanga,mu mazi cyangwa kwirukanka kimwe no kuboha ibyo bashaka uburyo babishaka.Muri uko kwitwara gutyo, abana bashobora kwibabaza cyangwa bagakora ibyo kubabangamira ari yo mpamvu usabwa kugenzura inyicaro yabo. Igisha umwana wawe kwicara neza mu rwego rwo kumurinda.Abana bamwe na bamwe bicara mu buryo bushobora kubagiraho ingaruka zikomeye mu buzima bwabo.Abana nabwo ari byiza ko bicara nk’ibikeri c yangwa nk’ibindi biremwa, rero nubabona uzihutire kubabuza vuba na bwangu.Ntabwo ari byiza ko ab...
Abachou ndumva nafata akanini nkazakanguka ku wa Gatatu –Louice Mushikiwabo

Abachou ndumva nafata akanini nkazakanguka ku wa Gatatu –Louice Mushikiwabo

Imikino
Louise Mushikiwabo Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa, yavuze ku makipe ya Maroc na France azahurira kumukino wa ½ mu Mikino y’igikombe cy’isi abaza Abamukurikira yise ‘Abashou’ niba yafata ikinini kimusinziriza. Nyuma yo gutererwa kuyobora Manda ya Kabiri yo kuyobora uyu mu ryango wa FRANCOPHONIE,Louise Mushikiwabo Umunyamabanga mukuru. uyu mubyeyi abinyujije kuri Twitter ye ikurikirwa n’abasaga ibihumbi 559, yavuze amagambo asa no gutebya akomoza kumikino y’gikombe cy’isi kiri kubera muri Qatar, mu magmbo ye yagize ati:” Nko nuko #MAROC NA #FRANCE, ibihugu  bya OIFRANCOPHONIE !! Abashou mukurikira #Qatar2022 ? Mwiriwe neza ! Ibintu birakomeye peee ! Ibihugu bibiri byacu bimaze gutsinda , bizahurira muri demi-finale ku wa gatatu !! Ni...
LIVE: Japan na Croatia: Igikombe cy’isi 2022

LIVE: Japan na Croatia: Igikombe cy’isi 2022

Imikino
Imikino y'igikombe cyisi kiri kubera muri Qatar, umukino ugezweho ni uri guhuza ikipe y’Ubuyapani niya Croaatia. Abakinnyi 11 babanjemo kuruhande rw’Ubuyapani ni : Gonda, Taniguchi, Tomiyasu,Yashida ,Nagatomo , Morita , Endo , JIto , Kamada , Doan, Maeda.Imikino y'igikombe cyisi Kuruhunde rw’ikipe ya Croatia XI habanjemo; Livakovic , Juranovic, Lavren, Gvardiola, sosa, Brozovic, Modric, Kovacic, Persic, Petkovic, Kramaric. Nagatomo yakoze amateka akomeye by’umwihariko mumgihe ikipe ye yazamuka mu cy’iciro. Yuto Nagatomo niwe mukinnyi uri gukina neza kugeza ubu kuruhande rw’ubuyapani muri iki gikombe cy’isi, dore ko mu mateka y’igikombe cy’isi nawe arimo. Birashobokako , iyi kipe ya Croatia, ishobora gutsinda ikipe ya Croatia uyu munsi.Uyu kinnyi niwe numero ...