Saturday, May 18
Shadow

Imikino

This Category of ‘Imikino’ Deals with only sports news and other updates related to sports.

“Naraguhemukiye Mbabarira” ! Umukinnyi w’icyamamare muri ruhago Neymar Jr yasabye imbabazi umukunzi we yaciye inyuma atwite

“Naraguhemukiye Mbabarira” ! Umukinnyi w’icyamamare muri ruhago Neymar Jr yasabye imbabazi umukunzi we yaciye inyuma atwite

Imikino
Uyu mukinnyi Neymar Jr yasabye imbabazi umukunzi we nyuma yo kumuca inyuma atwite. Uyu mukinnyi w'imyaka 31 y'amavuko yavuze ko yahemutse cyane asaba imbabazi ndetse yemera ko agiye gukora iyo bwabaga akazahura umubano wabo ukongera ugakomera. Uyu mukinnyi yakundanye n'uyu mukobwa w'icyamamare kumbuga nkoranyambaga Bruna , bahisha umubano wabo kuva muri 2021 kugeza muri 2022 ubwo babishyiraga hanze bakoresheje Instagram. Muri 2023 nibwo batangaje ko bitegura imfura yabo bombi dore ko Neymar Jr we asanzwe afite undi mwana w'umuhungu yabyaranye na Carolina Dantas.Ubwo yashyiraga hanze amafoto agaragaza we n'umugore bisa naho bizhimiye inda irimo imfura yabo, yaragize ati:" Nabonye uburyo byakugezeho ndetse n'uburyo wifuje kuba hafi yanjye, numva ngomba gukomeza kukuba iruhande. N...
Umutoza w’Amavubi amaze guhamagara abakinnyi 25 bazavamo abazakina na Mozambique i Huye

Umutoza w’Amavubi amaze guhamagara abakinnyi 25 bazavamo abazakina na Mozambique i Huye

Imikino
Umutiza w'ikipe y'igihugu amavubi Carlos Allos Ferrer amaze guhamagara abakikinyi 25 azifashisha ahatana na Mozambique.   URwanda mu itsinda E duherereye mo ririmo Senegal inayoboye hakabamo Mozambique hakabomo Benin na Amavubi URwanda rurasabwa gutsinda imikino yose rusigaje kugira rubashe kwerekeza mugikombe cy'Africa kizabera muri Cote de Voir umwaka utaha.   Abakinnyi bari bitezwe nubundi nibo bahamagawe urebye nta mazina mashaya adasanzwe yagaragaye muri iyi Ekipe mugihe twari twiteze ko uwitwa Onana Willy Esomba agaragara muri iyi Ekipe ntibyakunze bitewe nuko ibyo yabasabye birimo million 80 z'amanyarwanda. Uwitwa Danny ukinira Fc Rukinzo y'Iburundi niryo Zina rishya ryagaragaye
“Ikipe y’igihugu ikwiye kwitwa Inkotanyi” John uba muri canada agiriye inama Minisiteri Ya siporo na Mimosa

“Ikipe y’igihugu ikwiye kwitwa Inkotanyi” John uba muri canada agiriye inama Minisiteri Ya siporo na Mimosa

Imikino
Imyaka isaga 20 irashize ikipe y'igihugu y'umupira w'amaguru y'u Rwanda itagera kure mu marushanywa mpuzamahanga ngo itange ibyishimo ku banyarwanda nk'uko baba bayibitegerejeho. Abanyarwanda baba mu gihugu n'abari hanze bahorana ikibazo bati; Ese Amavubi azasubira mu gikombe cya Africa? Azagezaho se akandagire mu gikombe cy'isi? Gusa nta gisubizo na kimwe gisubiza iki kibazo gihari kuko amaso yaheze mu kirere. Ibi ni byo John Uhagarariye Diaspora muri canada agarukaho avuga ko iyo abona ikipe y"igihugu itsindwa umusubirizo bimubabaza abongeraho ko intandaro yabyo ifitanye isano n'izina ry'agasimba Gaciriritse kitwa AMAVUBI. John ati; Izina Amavubi ni agasimba gaciriritse kukica ni ibintu byoroshye ari nayo n'imyumvire ahari iri mu bakinnyi bacu kuko baba bumva nyine izina bi...
Byinshi wamanya kuri Robert De Niro w’imyaka 79 wamamaye cyane muri Cinema  wabyaye umwana wa 7

Byinshi wamanya kuri Robert De Niro w’imyaka 79 wamamaye cyane muri Cinema wabyaye umwana wa 7

Imikino
Robert De Niro wamenyekanye cyane muri Cinema muri Leta zunze ubumwe za Amerika yatangaje ko yabyaye umwana wa Karindwi ku myaka 79 y’amavuko. Amakuru y’uko uyu mugabo ugeze muzabukuru yabyaye umwana wa 7 akakirwa neza mu muryango yatangiye kumenyekana ku munsi wo ku wa Kabiri tariki 9 Gicurasi 2023 ubwo yagaragazaga ko kongera kuba se w’umwana bituma umuntu yiyumva neza ariko nanone akajya mu rujijo kuko aba atazi ikigiye gukurikiraho. Robert De Niro wamamaye cyane ndetse akegukana n’ibihembo bitandukanye birimo ibya Oscar ubugira kabri asanzwe ari we wa Drena ufite imyaka 51 y’amvuko , Raphael w’imyaka 46 , Juilian na Aaron b’imyaka 27 y’amavuko , Elliot w’imyaka 24 ndetse na Helen Grace w’imyaka 11 y’amavuko. Aba bana bose Robert De Niro yababyaranye na Diahne Abbott ndetse na ...
Yabitewe n’umukobwa yakundaga! iyi foto atambaye umupira hejuru kuki yatangaje abamukurikira?

Yabitewe n’umukobwa yakundaga! iyi foto atambaye umupira hejuru kuki yatangaje abamukurikira?

Imikino
Cole yerekanye ko ntakidashoboka nyuma yo kugabanyukaho ibiro 150 mu gihe gito, abitewe n'umukobwa yakundaga. Ashyize ifoto hanze atambaye hejuru itungura benshi. Cole yerekanye ko ntakidashobora, nyuma yo kugabanyukaho ibiro 150 mu gihe gito. Cole Prochaska abinyujije ku rubuga rwe rwa twitter yerekanye amafoto ye abiri, harimo iya mbere afite umubyibuho ukabije n'indi nyuma yo gukora imyitozo n'ibindi byatumye agabanyukaho ibiro bisaga 150 byose mu gihe cy'imyaka ibiri. Uyu mugabo ukomoka muri South Carolina witwa Cole Prochaska yahamije ko burya ntakidashoboka, ubwo yarimo yerekana ifoto ye amaze kugabanukaho ibiro 150 ku byo yari afite mbere. Yasangije ifoto atambaye umupira hejuru, ibyatangaje abamukurikira ndetse avuga no ku ntambwe ikurikira mu rugendo rwe rwo kugabany...
“Abanyeshyari bagira amagambo” ! Umugore wa Cristiano Ronaldo yagize icyo avuga ku mubano we n’umugabo we bivugwa ko batandukanye

“Abanyeshyari bagira amagambo” ! Umugore wa Cristiano Ronaldo yagize icyo avuga ku mubano we n’umugabo we bivugwa ko batandukanye

Imikino
Nk’uko amakuru akomeje gukwirakwira ku isi hose ko umubano wa Cristiano Ronaldo wamamaye cyane muri ruhago n'umugore we bitameze neza, umugore we Georgina Rodriguez yagize icyo abivugaho. Nkuko mu minsi ishize Cristiano Ronaldo we n'umugore we Georgina Rodriguez byavugwa ko umubano we bitameze neza ndetse dore ko hagaragaye amashusho yabo bombi bari gutongana mu ruhame. Ibi byabaye ubwo bajyaga kurira indege ndetse ibi byongeye umunyu ku makuru yabavugwagaho ko umubano wabo utameze neza. Ngo ibi byatangiye ubwo Cristiano Ronaldo yajyaga gukinira Al Nasir yo mu barabu. Georgina Rodriguez rero yagize icyo abivugaho aho yagize ati" Umunyeshyari ahimba ibihuha, umunyamazimwe akabikwirakwiza Kandi umuswa arabyemera". Ibi yabitangaje ubwo yagiraga icyo avuga ku mubano we n'umugabo we....
Rocky Kimomo yasangiye urwagwa n’abanyonzi bo kuri base bamubwira ko haba indaya za 500 RWF

Rocky Kimomo yasangiye urwagwa n’abanyonzi bo kuri base bamubwira ko haba indaya za 500 RWF

Imikino
Uyu musore witwa Uwihoreye Mark wamamaye nka Rocky Kimomo mu gasobanuye yasangiye na bamwe mu bantu bakora umwuga wo kunyonga igare kuri base. Ibi byagaragaye mu mashusho yagiye hanze binyuze kuri shene ya YouTube Rocky Entertainment, aho uyu Rocky yari kumwe na Mussa Savimbi nawe ukora agasobanuye ndetse na Kaddaf ukora umwuga wo gukamera. Aba batangiye bigaragaza imbere y’abaturage bo muri aka gace, aho buri wesse yafashe umwanya akigaragaza anyonga igare. Uretse Rocky Kimomo na Savimbi kandi, umusore witwa Kaddaf Pro, wafashijwe na Rocky Kimomo kwamamara, yagaragaje ko azi igare cyane dore ko we yarijeho adafashe kumahembe agira ati:’Ruhumuriza yahageze”.Uyu musore yakomeje kurinyonga ariko na Savimbi afata amashusho.Kaddaf yavuze ko ngo yasanze hari bamwe mu batwara amagare mu ...
Umugore  yavuze ko aryamana n’umuhungu we buri wa Gatatu kugira ngo umupfumu wabahaye amafaranga atazayabaka

Umugore yavuze ko aryamana n’umuhungu we buri wa Gatatu kugira ngo umupfumu wabahaye amafaranga atazayabaka

Imikino, Inkuru z'urukundo
Ibi ntabwo ari ibyinaha rwose, kuryamana n’umuhungu wawe kubera uri umukire ni imvugo itari iy’Abanyarwanda ndetse ntigakwiye gusa muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe impamvu yabimuteye. Umugore witwa Ajax ubwo yari afite imyaka 42 y’amavuko nibwo yavuze ko yaryamanaga n’umuhungu we yibyariye munda ye.Uyu mugore ukomoka mu gihugu cya Sudan y’Epfo ariko akaba abarizwa mu Buholandi yemeje ko yabikoze ariko abikorera umuhungu we. Yavuze ko yaryamanaga n’umugungu we witwa Abel buri wa Gatatu mu gihe cy’imyaka 14 yose yongeraho ko mu gihe yabihagaritse umuhungu we azabura ibyo atunze byose ndetse agahita apfa.Nk’uko ikinyamakuru Newslex kibitangaza , uyu mugore ngo niwe muyoboro n’intsinzi ku musore we bityo ngo akaba akora ibi kugira ngo umusore we Abel agumane ubukire ndetse n’ubuzima ...
“Yazengurutse Stade yirukana abadayimoni batsindisha Amavubi” byinshi k’umusore umaze kuba ikimenyabose kubera inama yagiriye Amavubi.

“Yazengurutse Stade yirukana abadayimoni batsindisha Amavubi” byinshi k’umusore umaze kuba ikimenyabose kubera inama yagiriye Amavubi.

Imikino, Inkuru Nyamukuru
Ku mbuga nkoranyambaga hamaze igihe hazenguruka video y'umusore wasekeje benshi haba muboroheje mu byamamare, ndetse na rubanda nyamwishi ruhurira kuri izo mbuga nkoranya. Uyu musore waciye ibintu biturutse ku ka video gato kasakaye ari gusubiza umunyamakuru wari umubajije icyakorwa ngo Amavubi ikipe y'igiglhugu ibone intsinzi anavuga ko ikibazo kiri k'umutoza. Umunyamakru witwa Shalomi ukorera Ibiganiro kuri youtube ya Juli Tv yamubajije agira ati: "Ese ubona kuba amavubi adakina ngo agere kure bipfira he?". G Taff ati:"Bipfira ku mutoza ,Umutoza nagende agure abakinnyi ,muri Arsenal ,na Chelease ". Iyi video yaciye ibintu kugeza naho ibyamamare hafi ya byose byo mu Rwanda byayishize kuri status ya whatsapp bibaza bati uyu ni muntu ki Utazi ko abakinnyi bagira imipaka bata...
Ibibazo bikunze kwibazwa ku mugore wa salah

Ibibazo bikunze kwibazwa ku mugore wa salah

Imikino, Inkuru Nyamukuru
Ibibazo bikunze kwibazwa ku mugore wa salah Nigute Mohammad Salah yahuye n'umugore we? Mohammad Salah n'umugore we Magi Sadeq bari inshuti z'igihe kirekire kuva mu bwana. Bashakanye mu Kuboza 2013. Ni abana bangahe Mohamed Salah afite? Mohammad Salah afite abakobwa babiri -Makka, witiriwe umujyi mutagatifu Maka wavutse muri 2014 na Rayyan wavutse mu 2020. Ni amafaranga angana ik Mohammad Salahatunze? Mohamed Salah ni umwe mu bakinnyi b'umupira w'amaguru ba Misiri batunze menshi ndavuga amafaanga kurusha abandi. Akinira Liverpool kandi agaciro ke kagereranijwe ko arengeje miliyoni 90 z'amadolari. Magi Sadeq umugore we akora iki? Ubusanzwe Magi ntabwo agaragara cyane ku mugaragaro, kuko agerageza kwirinda itangazamakuru. Magi ni umugore ushyigikiwe umug...