Kubabarira uwakubabaje ni ihurizo rikomeye ku bantu benshi. Buri wese abivuga uko abishaka kandi akabikora akurikije uko abyumva. Gusa hari inama zishobora kubidufashamo igihe
Mu buzima bwacu duhura n’ibibazo bitandukanye bitugiraho ingaruka. Ingaruka z’ibyo bibazo nizo zidutera ibyo twita ibikomere byo ku mutima. Rimwe na rimwe hari ubwo
Benith uzwi mu biganiro by’urukundo mu myidagaduro yo mu Rwanda ubwo yagarutse ku buzima asigayemo muri Uganda , aho yashimangiye ko yazinutse utangazamakuru. Benith
Uwigikundiro Naomie yakuriye muri Tanzania gusa nyuma baza kwimukira mu Rwanda. Abanvandimwe be ni batandatu  bose baracyariho kuva baza mu Rwanda nyuma ya Jenoside