Monday, May 20
Shadow

Ikoranabuhanga

Elon Musk ahangayikishije abakozi be

Elon Musk ahangayikishije abakozi be

Ikoranabuhanga, Inkuru Nyamukuru
Umuherwe ukomeye ku Isi Elon Musk akomeje guteza inkeke abakozi be n’abandi bamubona ari kunywera itabi aho akorera.   Ibi byatangajwe n’Ikinyamakuru Wall Street Journal cyavuze ko uyu mugabo Elon Musk akoresha itabi ririmo; Cocaine, LSD, ecstasy na Psychedelic Mushrooms, bavuga ko akunda kurinywera ahihishe atinya itangazamakuru n’abashobora kumufotora.   Uwahayawe amakuru Wall Street Jaurnal yavuze ko uyu mugabo ari gukomeza gukabya kunywa itabi bikabatera inkeke.Mbere y’aho gato y’uko aya makuru atangwa kuri Elon Musk yari yavuzweho gukoresha imiti ifatwa nk’abarwajwe n’ibiyobyabwenge cyangwa indi miti itera ‘Depression’.   2018 na 2019 Elon Musk nabwo yashinjwe gukoresha ibirimo Marijuana nk’uko byanyuze muri ‘Podcast’ ya Joe Rogan.Nyuma y’aho Elon Musk...
Ibibazo byabajijwe cyane n’abantu kuri Google uyu mwaka bijyanye n’Imibonano mpuzabitsina ! Dore urutondo rwabyo

Ibibazo byabajijwe cyane n’abantu kuri Google uyu mwaka bijyanye n’Imibonano mpuzabitsina ! Dore urutondo rwabyo

Ikoranabuhanga
Nk'uko bisanzwe ku bantu bose bazi urubuga rwa Google, iyo ugize ikibazo udafite undi ukibaza cyagwa utifuza kukibaza abandi ukibaza Google, uru ni urutonde rw'ibibazo bigaragazwa na Google byabajijwe muri uyu mwaka Ikibazo cyambere abantu benshi babajije Google uyu mwaka cyarabazaga ngo "What is Speed Bump Position". Iki kibazo ugenekereje mukinyarwanda, abakibazaga Bose bifuzaga kumenya iyo pozisiyo yo gukora imibonano mpuzabitsina yitwa gutyo ikorwa gute! Iyi pozisiyo yaje mumitwe y'abantu izanwe n'umukinyi wa Film witwa Tom Clara ivuye muri filme y'uruhererekane akinamo yitwa 'Love Island' aho mukiganiro yagaragajeko iyo pozisiyo ariko akunda cyane mugihe cy'imibonano mpuzabitsina, bituma abafana be benshi cyane bagira amatsiko yo kuyimenyaho byinshi.   Tutagiye mur...
Google igiye gukora umukwabo wo gusiba Gmail na YouTube Channels zimaze imyaka 2 zidakora

Google igiye gukora umukwabo wo gusiba Gmail na YouTube Channels zimaze imyaka 2 zidakora

Ikoranabuhanga
Urubuga rwa Google rwatangaje ko rugiye gukora umukwabo wo gusiba Gmail na YouTube zidakora.Ibi ngo bizatangira mu kwezi kwa Ukuboza uyu mwaka.   Mu mwaka wa 2020, Google yasabye ba nyiri accounts zidakora kuzisiba ivuga ko zikoreshwa n'aba Hackers biba amakuru y'abandi. Kuri ubu rero, uru rubuga rwa Google rwatangiye guha abantu impuruza zibasaba gusiba Konti zidakoreshwa byibura mu gihe cy'imyaka 2. Google ibwira abantu ko niba bashaka kugumana Konti zabo , basabwa gusura ubutumwa bwahawe, bakabusoma ndetse bakanasubiza. Src: Rwandasun / Gugiraneza Thierry
Menya inyamaswa mbi ku kiremwa muntu ukwiye gutinya kurusha izindi

Menya inyamaswa mbi ku kiremwa muntu ukwiye gutinya kurusha izindi

Ikoranabuhanga, Ubuzima
Nubwo ikiremwamuntu cyahawe ubushobozi bwo gutegeka ibiri mu isi byose, ariko burya mu isi habamo inyamashwa nyinshi ziteye ubwoba ndetse zishobora gutsemba ikiremwamuntu mu buryo bubi. Muri iyi nyandiko twifashishije inyandiko zizewe mukubategurira amakuru yizewe ku nyamashwa mbi ku kiremwamuntu ukwiye gutinya. DORE ZIMWEU NYAMASHWA UKWIYE GUTINYA:     1.Imibu   Imibu ni mibi cyane ku kiremwamuntu ndetse cyane umubu w'ingore, utera agakoko ka malaria, birazwi neza ko ku isi abantu amagana bapfa bazize kurwara malaria. Rero ni ngombwa ko utinya ndetse ukagendera kure ikitwa umubu.   2.Jellyfish   Ubwoko bw'amafi bwita jellyfish buboneka cyane mu gihugu cya Australia, ayo mafi ni mabi ku buzima bwa muntu kuko zigira ubumara buka...
Dore uburyo bwiza bwo gukoresha agakingirizo ku bagabo

Dore uburyo bwiza bwo gukoresha agakingirizo ku bagabo

Ikoranabuhanga, Inkuru z'urukundo, Ubuzima
Gukoresha agakingirizo ni uburyo bwiza bikoreshwa mu kwirinda indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina ndetse harimo no gutera inda itateganijwe.     Ni ngombwa ko umugabo wese amenya uburyo bwiza bwo gukoresha agakingirizo kugira ngo yirinde izo ngaruka tuvuze haruguru. Bishobora kugucanga mu gihe ugiye gukoresha agakingirizo bwa mbere, muri iyi nyandiko twifashishije inyandiko zitandukanye zizewe mukubategurira ndetse no mu kubaha amakuru yizewe ku buryo bwiza wakoreshamo agakingirizo.   DORE UBURYO BWIZA BWO GUKORESHA AGAKINGIRIZO KU BAGABO;     1.Reba amataliki kakoreweho nayo kazarangiriraho   Ni ngombwa ko umanza kureba amataliki agakingirizo ugiye gukoresha kazarangiriraho mbere yo kugira ikindi kintu ukora mbere ya byose...
Abagize itsinda rya P-Unity  ryo muri Kenya bishongoye bavuga ko bimye Diamond Platnumz ‘Collable’  nyuma yo kubirukaho igihe kirekire

Abagize itsinda rya P-Unity ryo muri Kenya bishongoye bavuga ko bimye Diamond Platnumz ‘Collable’ nyuma yo kubirukaho igihe kirekire

Ikoranabuhanga, Imyidagaduro
Umwe mu basore bagize itsinda P-Unity, witwa Frasha yemeje ko bimye umuhanzi Diamond Platnumz ‘Collable’ yari yabasabye avuga ko we atigeze amenya uko byagenze.Uyu muhanzi yavuze ko byakozwe nabagenzi be.     Mu kiganiro yagiranye na Nairobi News  kuri uyu wa 08 Ugushyingo 2023 Frasha yavuze ko atigeze amenya ibyo bagenzi be bafatanyije itsinda rya P Unity   bakoze guhakanira Diamond Platnumz ubusabe bwe bwo gukorana indirimbo .     Uyu muhanzi yagize ati:”Ntabwo nigeze menya uko byagenze gusa mu rugendo rwo kwiyubaka muri muzika uba ugomba kumenya neza uwo mu giye gukorana kandi ukitonda bihagije.Ubu rero ntagushidikanya ko afite abantu , ashobora kutemera gukorana natwe kubera urwego amaze kugeraho”.   Uyu muhanzi Frasha yavuze ibi nyu...
Ese The Ben yarakennye ? ! Umuntu utazabasha kugera ahazabera ubukwe bwa The Ben na Pamella ariko akifuza kubutaha azatanga ibihumbi 50 RWF

Ese The Ben yarakennye ? ! Umuntu utazabasha kugera ahazabera ubukwe bwa The Ben na Pamella ariko akifuza kubutaha azatanga ibihumbi 50 RWF

Ikoranabuhanga, Imyidagaduro
Igiciro cy’ubukwe bwa The Ben na Pamella gikomeje kuba imbarutso yo kubibasira kumbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyiraho urubuga ruriho igiciro kubntu bifuza gushyigikira uyu muryango wa The Ben na Pamella.     Nyuma yaho The Ben na Pamella bashyizeho uburyo bwo gukurikirana  imihango y’ubukwe bwabo ndetse bagashyiraho igiciro gihanitse, benshi batangiye kubibasira bavuga ko bakennye cyane.Tariki 15  Ukuboza nibwo biteganyijwe ko imihango yose y’ubukwe bwabo aribwo izaba aho hazaba gusaba no gukwa ndetse umuhango wo gushyingirwa ukabera muri Convention Center tariki 23 Ukuboza nk’uko twabibagejejeho mu nkuru yacu yabanje.     Ni ubukwe bw’ibyamamare gusa dore ko Uwicyeza Pamella yamamaye nyuma yo kwitabira irushanwa rya Miss Rwanda 2019 ndetse akaba ar...