Elon Musk ahangayikishije abakozi be
Umuherwe ukomeye ku Isi Elon Musk akomeje guteza inkeke abakozi be n’abandi bamubona ari kunywera itabi aho akorera.
Ibi byatangajwe n’Ikinyamakuru Wall Street Journal cyavuze ko uyu mugabo Elon Musk akoresha itabi ririmo; Cocaine, LSD, ecstasy na Psychedelic Mushrooms, bavuga ko akunda kurinywera ahihishe atinya itangazamakuru n’abashobora kumufotora.
Uwahayawe amakuru Wall Street Jaurnal yavuze ko uyu mugabo ari gukomeza gukabya kunywa itabi bikabatera inkeke.Mbere y’aho gato y’uko aya makuru atangwa kuri Elon Musk yari yavuzweho gukoresha imiti ifatwa nk’abarwajwe n’ibiyobyabwenge cyangwa indi miti itera ‘Depression’.
2018 na 2019 Elon Musk nabwo yashinjwe gukoresha ibirimo Marijuana nk’uko byanyuze muri ‘Podcast’ ya Joe Rogan.Nyuma y’aho Elon Musk...