Friday, May 17
Shadow

Author: Lyvine Rwanda

His name is Livine Nsanzumuhira Ntambara known as Lyvine Rwanda,Studied Mass communication and Journalism at EAST AFRICAN UNIVERSITY,he works journalism as passion and professional
Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yongeye guhindura guverinoma

Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yongeye guhindura guverinoma

Inkuru Nyamukuru
Kuri uyu wa gatatu, Perezida wa Zimbabwe, Emmerson Mnangagwa, yongeye guhindura guverinoma ye, nyuma y'amezi umunani ashyizeho guverinoma nshya nyuma yo kongera gutorwa muri Kanama umwaka ushize. Ku wa gatatu, umunyamabanga mukuru wa Perezida na Guverinoma, Martin Rushwaya, yatangaje ko ivugurura ry’abaminisitiri mu ijambo rye, avuga ko kongera gushyirwaho no gushyirwaho byatangiye gukurikizwa. Mnangagwa yongeye kugarura Winston Chitando nk'umuyobozi wa Minisiteri y’amabuye y'agaciro, amukura muri minisiteri y’ubutegetsi bw’ibanze n’imirimo ifitiye igihugu akamaro aho yasimbuwe na Daniel Garwe wahoze ari minisitiri w’imiturire n’imibereho myiza y’igihugu. Zhemu Soda wahoze ari minisitiri w’amabuye y’amabuye y’amabuye y’amabuye y’amabuye y'agaciro, ubu ni minisitiri mushya ushinzwe imitu...
Botswana yanze icyifuzo cy’amasezerano y’ubuhunzi mu Bwongereza

Botswana yanze icyifuzo cy’amasezerano y’ubuhunzi mu Bwongereza

Inkuru Nyamukuru
Abayobozi muri Botswana bavuga ko baherutse kwakira ibyifuzo by’Ubwongereza byo kohereza abasaba ubuhungiro muri iki gihugu. Icyakora, Gaborone yanze ayo masezerano. Mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’abimukira mu buryo butemewe, Ubwongereza bwahinduye icyifuzo cyo kohereza abasaba ubuhungiro muri Afurika, ayo masezerano abadepite bamwe bo mu Bwongereza bavuga ko azagirira akamaro ibihugu byabakiriye. Kugeza ubu, u Rwanda nicyo gihugu cyonyine cya Afurika cyemeye ibyifuzo by’Ubwongereza. Biteganijwe ko aya masezerano azatangira mu byumweru 10-12, nk'uko Minisitiri w’intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak abitangaza.Abayobozi muri Botswana bavuga ko guverinoma ya Sunak yagerageje kugeza amasezerano nk'aya mu gihugu cya Afurika y'Epfo nk'uko yagiranye n'u Rwanda. Minisitiri w’ububanyi n...
Dr Jose Chameleon yiriye Ku bafana ubwo yisobanuraga Ku guhenda amatike y’igitaramo Ku buryo bukabije

Dr Jose Chameleon yiriye Ku bafana ubwo yisobanuraga Ku guhenda amatike y’igitaramo Ku buryo bukabije

Imyidagaduro
Uyu muhanzi umaze kubaka izina rikomeye muri Uganda afite igitaramo taliki ya 31 Kanama 2024 muri Serena Hotel mu mujyi wa Kampala Aho itike ya macye muri iki gitaramo izaba ihagaze amadorari 100 Ni ukuvuga asaga ibihumbi 130 y'amanyarwanda. Iki gitaramo kizahura n'igihe cye cy'amavuko kuko muri uko kwezi nibwo azuzuza imyaka 45 y'amavuko ndetse azaba icyo gihe yishimira intambwe n'ibyo amaze kugeraho mu bikorwa bye by'umuziki.   Yavuze KO impamvu iki gitaramo gisa n'aho gigenze nawe ubwe arahenze ikindi agakomeza avuga KO niba wishyura amashilingi ibihumbi 20 ngo urebe Davido natwe ducyeneye ibirenze ngo tubahe ibirenze nyine. Ati "abantu baribaza impamvu naciye amadorali 100? Murashaka kubona ibintu nk’ibyo mubona mu gitaramo cya Davido mu gihe mwishyuye amashilingi ibih...
Yatangaje imyaka ye ! Shaddyboo yarahiriye kutazongera gutangaza umukunzi we

Yatangaje imyaka ye ! Shaddyboo yarahiriye kutazongera gutangaza umukunzi we

Imyidagaduro
Kuri uyu wa 20 Mata 2024 Shaddyboo yagize isabukuru y'amavuko, ku ya 21 Mata anyuze kuri Space aganira n'abakunzi be aho yavuze ko yujuje imyaka 32 bimwe mu byo yavuze ,harimo ko icyambere yishimira ari uko ameze neza n'abana be bameze neza agaragaza ko aricyo cyambere kimunezeza. Yemeza ko abona hari abandi baba bafite ibibazo bitandukanye kandi we akabona ameze neza akifuza kwifatanya nabo.Yakomeje avuga ko n'ubwo muri gahunda ze ibyo yagombaga kugeraho uyu mwaka bitagezweho ariko nabyo biri mu nzira.Uyu mukobwa avuga ko atazigera atangaza umukunzi we mushya kugeza igihe cya nyuma Wenda babanye. Mu kiganiro yakoreye kuri Space yagize ati:"Mu gihe ntawe mbangamiye , ngomba kwikina kuko burya kugira ngo mu nkine ni uko muba mu nkunze.Rero iyo nikinnye nibwo namwe mu nkina.Ikindi kand...
DC Clement yambitse umukunzi we impeta ya Fiançaille

DC Clement yambitse umukunzi we impeta ya Fiançaille

Cinema
Umunyamakuru wa Isibo FM akaba n'umusesenguzi mu myidagaduro yambitse impeta y'urukundo(Fiançaille) umukunzi we ndetse ko ubukwe bw'aba bombi bushobora Kuba mu kwezi gutaha kwa Gicurasi. Ibi byabaye mu mugoroba wo kuri Uyu wa 20 Mata 2024 Ni ibirori byitabiriwe n'abantu bacye kandi byari byagizwe ibanga by'umwihariko amazina y'umukobwa wambitswe impeta n'andi makuru amwerekeyeho ba nyir'ubwite ntibashatse KO bihita bijya hanze ariko kugeza Ubu izina ry' umukobwa zizwi ni rimwe yitwa Aliane  
UMULINGA Josiane yamuritse igitabo yise “SURVIVED TO FORGIVE” gikubiyemo ibyabaye muri Jenoside yakorewe abatutsi 1994

UMULINGA Josiane yamuritse igitabo yise “SURVIVED TO FORGIVE” gikubiyemo ibyabaye muri Jenoside yakorewe abatutsi 1994

Inkuru Nyamukuru
Mugihe U Rwanda, abanyarwanda n'inshuti z'u Rwanda bakiri mu minsi 100 yo kwibuka inzirakarengane zishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi 1994 ,kuri Uyu wa 20 Mata 2024 Ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali Ku Gisozi habereye igikorwa cyo kumurika igitabo cyanditswe na Josiane UMULINGA Ni igitabo yise "SURVIVED TO FORGIVE". Amateka y'ibyabaye mu Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi agenda amenyekana binyuze mu buhanzi n'ubwanditsi bw'ibitabo aho bifasha abanyarwanda batari bahari muri icyo gihe yewe n'abari bahari ngo bibafashe kwibuka no kumenya amateka kugira ngo hanaboneke izindi mbaraga zo guhashya ikindi gikorwa cyose cyatuma byongera kubaho,niyo mpamvu uko imyaka igenda ishira abantu baribuka bamwe na bamwe bakandika na Josiane UMULINGA yaranditse kugira ngo hatazagira uwiba...
Perezida Ruto yatangaje urupfu rw’umuyobozi mukuru w’ingabo za Kenya, Francis Ogolla

Perezida Ruto yatangaje urupfu rw’umuyobozi mukuru w’ingabo za Kenya, Francis Ogolla

Inkuru Nyamukuru
Perezida w'ingabo z’igihugu cya Kenya (CDF) Francis Ogolla yapfuye, Perezida William Ruto yemeje urupfu rwe.   Jenerali Ogolla yapfuye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane nyuma y’uko kajugujugu y’ingabo z’igihugu cya Kenya (KDF) yaguye i Sindar, mu ntara ya Elgeyo-Marakwet. "Uyu munsi saa mbiri n'iminota 20 z'ijoro, igihugu cya Kenya cyagize impanuka ikomeye yo mu kirere mu gace ka Sindar, ahitwa Kaben, mu gice cya Tot, mu Ntara ya Elgeyo Marakwet. Mbabajwe cyane no gutangaza urupfu rwa Jenerali Francis Omondi Ogolla, umuyobozi w'ingabo z’igihugu cya Kenya, Mu ijoro ryo ku wa kane, Perezida Ruto mu ijambo yagejeje ku gihugu avuye mu biro bya Leta, i Nairobi. Perezida yavuze ko hamwe na Jenerali Ogolla muri iyo mpanuka hari abandi basirikare 11, icyenda bapfuye mu gihe babiri ba...
Kwibuka30:Josh Ishimwe yatanze ubutumwa mu gukomeza abarokotse Jenoside yakorerewe abatutsi 1994

Kwibuka30:Josh Ishimwe yatanze ubutumwa mu gukomeza abarokotse Jenoside yakorerewe abatutsi 1994

Inkuru Nyamukuru
Kuri uyu wa Kabiri tariki 09 Mata , nibwo uyu muhanzi akaba n'umuramyi Josh Ishimwe yaganirana n'umunyamakuru wa Umunsi.com atanga ubutumwa muri Ibi bihe bikomeye u Rwanda n'inshuti z'u Rwanda bibukwa inzirakarengane zishwe mu myaka 30 ishize muri Jenoside yakorerewe abatutsi 1994.   Mu butumwa bwe bugufi yagize ati:"Muri iki gihe twibuka kunshuro ya 30 Jenoside yakorewe abatutsi 1994 ndakomeza buri mu Nyarwanda wese wagizweho ingaruka nayo Nyagasani we nyirihumure abakomeze."   Yakomeje agira ati:"Dukomeze gushimangira ubumwe n'amahoro n'urukundo bikwiye abo Nyagasani yazuye.Twibuke, twiyubaka."Muri rusange yakomeje abanyarwanda bose kuko haba abari bariho icyo gihe n'abavutse nyuma iyi Jenoside yabagizeho ingaruka mu buryo bumwe cyangwa ubundi mu kubaragiza Nyagasan...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri cyashyize hanze gahunda y’ingendo mu gusubira ku mashuri mu gihembwe cya gatatu

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri cyashyize hanze gahunda y’ingendo mu gusubira ku mashuri mu gihembwe cya gatatu

Inkuru Nyamukuru
Kuwa 5 Mata 2024 nibwo iki kigo cy'igihugu gishinzwe ibizamini n'ubugenzuzi bw'amashuri cyashyize hanze iri tangazo rigaragaza uburyo abanyeshuri biga bacumbikirwa bazasubirira ku mashuri bigamo mu gutangira igihembwe cya gatatu ari cyo gisoza umwaka w'amashuri 2023/2024.   Nk'uko ingengabihe y'umwaka w'amashuri yatangajwe na Minisiteri y'uburezi ivuga ko igihembwe cya gatatu cy'amashuri kigomba gutangira kuwa 15 Mata 2024 kikarangira kuwa 5 Nyakanga 2024 ,hagaragaye gahunda yo gusubira ku mashuri ko ari ku wa 15 Mata 2024 kugeza ku wa 18 Mata 2024 nk'uko bigaragara ku itangazo rikurikira. Icyi kigo gisaba inzego z'ibanze gukurikirana icyi gikorwa cyo gusubiza abanyeshuri ku mashuri zikangurira ababyeyi mu midugudu yabo kohereza abanyeshuri hagendewe ku ngengabihe yatanga...
Bruce Melodie yashyize umucyo ku bimaze hafi umwaka bimuvugwaho we na The Ben

Bruce Melodie yashyize umucyo ku bimaze hafi umwaka bimuvugwaho we na The Ben

Imyidagaduro
Umuhanzi Itahiwacu Brice uzwi nka Bruce Melodie mu muziki nyarwanda yavuze ko ibintu byose byagiye bivugwa hagati ye na The Ben atari ukugirango yuririre kuri Ben kuko we ibyo akora arabizi kandi na Ben ni umugabo ibye akora arabizi,ati kandi ntakibazo gihari na kimwe.   Ibi yabivuze mu kiganiro mbonankubone cyaberaga ku rubuga rwa Instagram aho yanasobanuye ko urwango tutaturutse ku kuba yarakoranye indirimbo na The Ben ntisohoke ahubwo avuga ko ntayigeze ikorwa ati uwaba yarayibonye ihari azayisohore.Melodie anasobanura ku BIJYANYE n'imikoranire ku bahanzi bakuru n'abato bakizamuka ati ni ahantu hose generation ntago zikunda guhuza ariko nanone sibose biterwa n'uwo mwahuza ikindi kandi ati: "nkubu naragerageje kuba nakorana n'abakiri hasi tugahuza,nakoranye na bamwe bantanze m...