Dj Daniel w’imyaka 13 y’amavuko umaze igihe arwaye Kanseri yo mu bwonko yacunze umutekano muri White House ku butumire bwa Donald Trump wamuhobeye bagatindana.
Umuhanzi Audy Kelly yavuze ko yasohoye indirimbo yise Hari Amashimwe, yakoranye na Aline Gahongayire mu rwego rwo gushima Imana mu byiza idahwema kubakorera no
Minisitiri w’Urubyiruko n’Umuco, Abdallah Utumatwishima, yahumurije urubyiruko n’abandi batangiye gutekereza ko abanyarwanda ari babi, akaba ari yo mpamvu ibihugu bikomeje gufatira u Rwanda ibihano,
Umuraperi Tyga na Madelaine Petsch bari mu munyenga w’urukundo nk’uko byagiye byemezwa n’ababari iruhande. Aba bombi ngo bamaze igihe bahararanye ndetse bakaba bakundana mu
Ariel Wayz, yatangaje ko impamvu yahisemo kwita umuzingo we ‘Hear to Stay’ ari ukubera ko abantu badakunda guha agaciro Album z’abahanzi, kandi akabona ko