Sunday, May 12
Shadow

Author: Kwizera Jean de Dieu

RUBAVU: Chris Eazy na Ish Kevin bagiye guhurira mu gitaramo

RUBAVU: Chris Eazy na Ish Kevin bagiye guhurira mu gitaramo

Imyidagaduro
Abahanzi barimo Chris Eazy na Ish Kevin bagiye guhurira mu gitaramo kizabera mu Karere ka Rubavu.Ni igitaramo cyiswe Toxic Xperience gifite intero ya 'Visit Rubavu'.Iki gitaramo cyateguwe na Dj Toxxyk usanzwe mu ruganda rw'imyidagaduro by'umwihariko mu bitaramo bitandukanye. Biteganyijwe ko iki gitaramo cya Dj Toxxyk wamamaye mu Rwanda no hanze ndetse agacuranga mu gitaramo cya Kendrick Lamar i Kigali, kizaba tariki 29 Kamena 2024 ku nkengero z'Ikiyaga cya Kivu.Iki gitaramo azagifatanyamo na Dj Marnaud umaze kubaka izina mu mwuga wo kuvanga umuziki, Dj Pyfo, The Drammer n'abandi. Uretse aba ba Dj kandi hategerejwe Chris Eazy na mugenzi we Ish Kevin wamamaye mu njyana ya Trapp.Abategura iki gitaramo kigiye kuba bwa mbere , bavuga ko andi makuru ajyanye nacyo bazayatangaza mu gihe kida...
The Ben yavuze ku ndirimbo afitanye na Israel Mbonyi na Diamond Platnumz

The Ben yavuze ku ndirimbo afitanye na Israel Mbonyi na Diamond Platnumz

Imyidagaduro
Umuhanzi, Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben, yatangaje ko nyuma ya Why yakoranye na Diamond Platnumz hari undi mushinga w'indirimbo bombi bafitanye gusa ngo bakiganiraho.Tiger B yahishuye kandi ko we Israel Mbonyi bafitanye indirimbo 2. <span;>Ibi The Ben yabitangaje mu kiganiro yagiranye n'itangazamakuru ubwo yari amaze kugirwa Brand Ambassador wa Tecno Mobile hamwe n'umugore we Uwicyeza Pamella.The Ben yagaragaje ko hari imishinga myinshi y'indirimbo afite cyakora ko muri iyi minsi , adapfa gusohora indirimbo uko yiboneye nka Mbere bitewe n'imihindagurukire y'Uruganda rw'Imyidagaduro. Umunyamakuru yatangiye amubaza ku ndirimbo afitanye na Israel Mbonyi, n'igihe bateganya kuyisohorera. The Ben yasubije ko we na Mbonyi bafitanye indirimbo 2 cyakora ko imwe ariyo imaze kurangira...
Abarimo Nessa, Titi Brown na Beat Killer bahuye na Minisitiri Utumatwishima

Abarimo Nessa, Titi Brown na Beat Killer bahuye na Minisitiri Utumatwishima

Imyidagaduro
Nyuma yo gushimangiza impano ya Titi Brown na Jojo Breezy, aba babyinnyi biyunze kuri Nessa na Beat Killer bahura na Minisitiri Jean Nepo Abdallah Utumatwishima, Minisitiri w'Urubyiruko n'Iterambere ry'Ubuhanzi. Aba biyongereye ho abamaze kwamamara kuri TikTok barimo Kimenyi Tito na Judy.Ibi biganiro byabo , byibanze ku bufatanye n'imbogamizi zikiboneka mu buhanzi.Ubwo Minisitiri Utumatwishima yagaragazaga ubwuzu bw'impano zabo, yavuze ko Titi Brown na Jojo Breezy bashobora kuba aribo babyinnyi beza u Rwanda rufite, avuga ko kujya kuri TikTok kwe aribo babigizemo uruhare ndetse agaragaza ko niba ibyo bakora bibaha amafaranga bakwiriye kubikomeza. Mu butumwa Jojo Breezy yanyujije kuri X yagize ati:"Byari iby'agaciro cyane kongera guhura n’Abayobozi bacu ba Minisitiri badufite mu nshin...
RUBAVU: Buri wese yasabwe kwita ku bafite ubumuga bwo mu mutwe

RUBAVU: Buri wese yasabwe kwita ku bafite ubumuga bwo mu mutwe

Inkuru Nyamukuru
Ubwo mu Karere ka Rubavu heberaga 'Ubukangurambaga bwo kwita ku buzima bwo mu mutwe no kwirinda Virus Itera SIDA' abaturage basabwe kwita cyane ku bantu bafite ubumuga by'umwihariko abasangwa mu mihanga. Ni igikorwa cyabereyemo umuhango wo gupima indwara zitandukanye zirimo na SIDA abantu bisuzumisha ku bushake kugira ngo bamenye uko bahagaze.Abitabiriye babwiwe ko 'Ubuzima bwiza ari uburenganzira bwa buri wese ndetse ko akwiriye kubigira intego kugira ngo bugerweho. Mu ijambo rye Umuyobozi w'Umurenge wa Nyundo, atanga ikaze yagaragaje ko ubuzima ari impano ikomeye.Ati:"Ubuzima ni impano ikomeye , amagara araseseka nta yorwa kandi ufite ubuzima aba afite byose.Uyu munsi dufite amahirwe kuko dufite abashyitsi kugira ngo batuganirize ku buzima by'umwihariko ubuzima bwo mu mutwe kuko by...
MU MAFOTO: Uburanga bwa Heilo Dersu wakoreshejwe mu ndirimbo ya Rayvanny

MU MAFOTO: Uburanga bwa Heilo Dersu wakoreshejwe mu ndirimbo ya Rayvanny

Imyidagaduro
Umukobwa wo mu gihugu cya Ethiopia wakoreshwe mu mashusho y’indirimbo MI AMOR ya Buravan yakomeje kuvugisha benshi by’umwihariko bagaruka ku buranga bwe nyuma y’aho Rayvanny ubwe avugiye ko ashaka ko bamurangira igihugu kirimo undi mukobwa mwiza nkawe akazamushyira mu ndirimbo nawe. Ubusanzwe uyu mukobwa afite ikigo cyitwa ‘Gezmi event Promotion, gifasha abantu atandukanye gutegura ubukwe ,gutegura ibirori n’ibitaramo no gutegura impano zitunguranye zitangwa nka ‘Surprise’. Uburanga bw'umukobwa wakoreshejwe mu mashusho y'indirimbo MI AMOR ya Rayvanny na Gerilson Insrael bukomeje kuvugisha benshi.Ni indirimbo imaze umunsi umwe isohotse ikaba imaze kurebwa inshuro zitari nke.Rayvanny anyuze ku mbuga Nkoranyambaga ze yatangaje ko umukobwa bakoresheje mu mashusho y’indirimbo ‘Mi Amor’  u...
Dogiteri Nsabii yagaragaje uko impanuka yamusize

Dogiteri Nsabii yagaragaje uko impanuka yamusize

Cinema
Umunyarwanda umaze kumenyakana mu Rwanda nka Nsabii yagaragaje uko impanuka yakoze yamusize. Mu minsi ishize mu ijoro ryo ku wa 21 Mata 2024 Nsabii na mugenzi we bamenyekaniye rimwe uzwi nka  Bijiyobija bakoreye impanuka ahazwi nko mu Karere ka Musanze bakomokamo bajya mu Mujyi wa Kigali. Nyuma yo gukora iyi mpanuka ikomeye bagakomereka cyane , bombi bajyanywe mu Bitaro bya Nemba kugira ngo bitabweho.Ubwo yerekanaga impanuka bakoze yifashishije ifoto, Dogiteri Nsabii yagize ati:”Mana warakoze ku ndinda, Ndagushimye, Uri Imana ikomeye”. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri Nsabii yongeye kugaragaza uko impanuka yamusize akoresheje ifoto igaragaza isura ye iriho gupfukwa.Nsabi yagize ati:”
Nyampinga wa Amerika yeguye kuri uwo mwanya kubera uburwayi bwo mu mutwe

Nyampinga wa Amerika yeguye kuri uwo mwanya kubera uburwayi bwo mu mutwe

Imyidagaduro
Noelia Voigt wari Nyampinga wa USA yeguye kubera ikibazo cy’uburwayi bwo mu mutwe.Uyu mukobwa yambitswe iri Kamba nka Miss USA mu Ukuboza 2023.Mu gusezera kuri iyi mirimo yavuze ko abitewe n’impamvu z’ubuzima bwe bwo mu mutwe. Anyuze kuri konti ye ya Instagram Noelia Voigt yagize ati:”Ndabizi neza ko iyi ari intangiriro y’ubuzima bwanjye bushya kandi intego yanjye ni ugukomeza gutera abandi imbaraga mba bera urugero rwiza, mbasaba kwita ku buzima bwabo bwo mu mutwe , bikorera ubuvugizi bakoresheje amajwi yabo badatewe ubwoba n’ibyo ejo hazaza habo hazabaha kabone n’ubwo baba batewe ubwoba naho” Noelia wo muri Leta ya Utah muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatsinze amatora muri 2023 asimbura uwariho muri 2022 ariwe Morgan Ramano wavuye muri Carolina y’Amajyaruguru.Niwe mukobwa wa mbe...
Isimbi Model yavuze uko akunda indirimbo za Chryso Ndasingwa

Isimbi Model yavuze uko akunda indirimbo za Chryso Ndasingwa

Imyidagaduro, INKURU ZAMAMAZA
Umushoramari mu bikorwa bitandukanye Isimbi Model yahamije ko Imana ayikunda cyane ndetse ko umutima we mwiza uzagera kuri bose.Uyu mugore wamamaye mu myidagaduro cyane yashimangiye ko ubuzima bwe bwubakiye kuri Yesu. Ibi yatangaje mu gitaramo cy'Umuramyi Ndasingwa cyaraye kibereye muri BK Arena.Isimbi Model ngo yakiriye agakiza ku wa 24 /08/2014. Ati:"Tariki 24/08/2014 nibwo nakiriye agakiza.Uyu munsi nibwo nagize inyota yo gushaka Yesu wanjye. Ndavuga ngo niba uriho nyiyereka , tuve muri Yesu numvanye abandi kandi kuva icyo gihe ntabwo yari yampaana". Uyu mugore yatangaje ko akunda umuziki wo guhimbaza Imana ati:"Mu byukuri nkunda indirimbo zo guhimbaza Imana by'umwihariko iz'Abanyarwanda biturutse ku muhungu wanjye kuko ubwo twari tuvuye gusenga yatanshye aririmba indirimbo ya Chr...
“Umukunzi wanjye muherekeza no mu bwiherero” ! Harmonize yaciye igikuba

“Umukunzi wanjye muherekeza no mu bwiherero” ! Harmonize yaciye igikuba

Imyidagaduro
Umuhanzi Harmonize yatangaje ko iyo umukunzi we ‘Poshy’  ashaka kujya mu bwiherero amuherekeza bakajyana kabone niyo yaba ari mukazi.Uyu muhanzi yahamije ko aho umukunzi we yajyaho ashaka kwiherera yamuherekeza. Ni mu mashusho yanyujije kuri Konti ye ya Instagram [Story] ashimangira urwo akunda umukunzi we Poshy bari kumwe muri iyi minsi.Harmonize yagize ati:”Umugore mwiza udasanzwe nabonye kuri iyi Si.Kumuherekeza kuri Toilet [Mu bwiherero] ni ibisanzwe kuri ubu.Ntabwo mwizera.Nawe si mwizera”. Uyu muhanzi yavuze aya magambo ashaka kugaragaza urukundo akunda uyu mwari ndetse no kwishongora ku bandi bantu abereka ko afite umukunzi afuhira cyane.Mbere y’aho gato, Harmonize yagaragaye mu mashusho ari ku mufungira umusatsi. Muri aya mashusho, uyu musore yabajije Poshy icyo yamuhemba ...
1:55 AM yahaye ikaze umusore mushya uzafatanya na Element

1:55 AM yahaye ikaze umusore mushya uzafatanya na Element

Imyidagaduro
Banyuze ku mbuga nkoranyambaga zabo 155am, iyoborwa na Coach Gael, bashyize hanze imbanziriza mushinga urimo Bruce Melodie, Element, Ross Kana, Bahali na Kompressor ugiye kujya afatanya na Element. Muri iyi mbanziriza mushinga n'amashusho agaragaza ubukaka 155an izanye , humvikabyemo Afro Gako nk'intero ya Element, harimo ko aba basore bagiye kugarura umurindi wa Impala de Kigali bagamije guha ubuzima muzika Nyarwanda no guhangana ku ruhando Mpuzamahanga. compressor ni umusore ukuri muri ku isura winjiye mu nzu ikomeye muriuzika Nyarwanda. Benshi bakomeje kwibaza iherezo rya 155am no gutera imbere kwa muzika Nyarwanda ikava mu Rwanda ikagera ku rundi rwego.