Abanyabyaha b’abahanga babayeho, kubafata muri filime byari bigoye.
Twagiye tureba filme tukababazwa n’ibyo abitwaga ba ‘debande’ bakora, ariko hari ubwo twageraga aho tugatangarira ubuhanga bari gukoramo ibyaha. Aha ni uko bakurikiranye bitewe