Papa Francis yavuze amagambo akomeye ku ntambara ya Israel na Hamas

22/11/2023 17:42

Papa Francis yasabwe gusenga cyane kugira ngo intambara ya Israel na Hamas irangire hadakomeje kubaho imfura nyinshi.

Ku munsi wo ku wa Gatatu Papa Francis yahuye n’abamwe kuruhande rwa Hamas na Palestine hamwe n’imiryango yabo muri Gaz.Aha niho uyu muyobozi wa Gatulika ku Isi yavugiye ko iyi ntambara yarenze amakimbirane ahubwo ikaba yaramaze kuba ubwicanyi bukomeye n’ubwihebe.

 

Mu ijambo rye Papa Francis yagize ati:” Ibi nibyo intambara zikora.Ariko hano twarenze intambara. Iyi ntabwo ari intambara ni ubwihebe”.

 

Papa Francis yabuze ko mu gihe byaramuka bidahagaze , abantu benshi barapfa.

Iri jambo rya Papa Francis kandi rije nyuma y’aho Israel na Hamas bihanye agahenge k’iminsi 4 ndetse bikemeranya no kurekura imbohe z’intambara.

Aho abagore 50 n’abana babo bafatiwe muri Gaz ndetse n’abandi bagore 150 bafatiwe muri Palestine nabo bakarekurwa.

Advertising

Previous Story

Umukobwa w’uburanga Jay Boogie aratabaza asaba ubufasha nyuma yo kujya kwibagisha amataye impyiko ye ikangirika

Next Story

Umuraperi Bobby Shmurda wakoranye indirimbo na Harmonize yabonjeje abafana

Latest from Iyobokamana

Go toTop