Umuraperi Bobby Shmurda wakoranye indirimbo na Harmonize yabonjeje abafana

22/11/2023 18:26

Harmonize yongeye gukora ibidasanzwe muri muzika ya Afurika nyuma yo gucyura ibihembo 3 ndetse akanakorana n’icyamamare munjyana ya Hip Hop Bobby Shmurda wamamaye mu ndirimbo ‘Hot Nigga’ muri 2014.

 

Abdul Rajab Kahal  Bongo Flava Super Star, wamamaye nka Harmonize, yahuje Bien wahoze muri Sauti Sol na Bobby Shmurda wo muri Amerika.

Bobby Shmurda anyuze kumbuga nkoranyambaga ze [Instagram], yashyize hanze amwe mu mafoto ndetse n’amashusho ya ‘behind the Scene’ yafatiwe mu ndirimbo bise ‘I  Made it’ itarasohoka ariko ikaba yitezweho gukora amateka muri muzika ya Tanzania na Kenya muri rusange.

Yagize ati:”Urashaka kwifata nk’aho ubizi ariko ntabwo uzi,…

Advertising

Previous Story

Papa Francis yavuze amagambo akomeye ku ntambara ya Israel na Hamas

Next Story

Umugore wabyaye abana 5 yifashe amashusho agaragaza ko bamubangamira cyane

Latest from Imyidagaduro

Go toTop