Umukino w’Umunsi wa 26 wa Shampiyona wa gombaga kuba tariki ya 5 Mata, ariko usubikwa kubera urupfu rw’uwari Umutoza wongerera imbaraga abakinnyi b’Ikipe y’Ingabo,
Xabi Alonso n’umugabo w’imyaka 42 , wavutse kuwa 25 Ugushyingo 1981 wavukiye Tolosa (Basque) muri Espagne.Alonso yamaze ubuzima bwe akinira ikipe ya Basque Country
Jimmy Gatete wakoze ibigwi bikomeye muri ruhago yo mu Rwanda wahoze akinira ikipe y’igihugu Amavubi, yageneye ubutumwa urubyiruko arubwira ko ari umwanya wo kwiga
Jules Karangwa ni umunyarwanda akaba , akaba yarahoze ari Umunyamakuru w’Imikino kuri Radio na TV10.Ni umujyanama mu by’amategeko mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda,
Umuyobozi wa APR FC, Col Karasira Richard yatangaje ko iyi kipe yifuza gukomeza imishinga yari ifitanye n’umutoza ndetse n’umuryango wa Adel Zrane Mu ijambo
Umukino Etincelles FC yatsinzemo Rayon Sports ibitego bitatu kuri kimwe, abafana n’Abakunzi ba Rayon Sports bagaragaje agahinda , Akababaro gakomeye batewe no gutsindwa na
Etincelles FC yurije Rayon Sports umusozi wa Rubavu Shampiyona ya hano mu Rwanda yari yakomeje hakinwa Umukino w’Umunsi wa 26. Umukino wari utegerejwe na
kuri uyu wa Kane, tariki ya 4 Mata 2024 nibwo Manizabayo Etienne wakiniraga ikipe ya Benediction yapfuye azize impanuka nyuma yo kugongwa n’imodoka ubwo