Abaturage baturiye uruganda rwa Kopakama bakanarukoramo bavuga ko hari byinshi bamaze kwigezaho barukuyeho , bagashimangira ko rwaje rukenewe ngo na cyane ko harimo abamaze
Muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku bintu 2 by’ingenzi , udashobora kuzibagirwa kuri Sylvester Stallone. Niba wararebye filime aha mbere, ntabwo mu matwi yawe
Inyamaswa zo mu gasozi zitaramenyekana, zibasiye amatungo yo mu murenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke, aho amatungo umunani arimo ihene esheshatu n’intama ebyiri
Umuraperi Hagenimana Jean Paul ukoresha izina rya Bushali mu muziki yavuze ko yishimiye gukorana n’Umunya-Kenya Khaligraph Jones uri mu bahanzi bagezweho mu Karere. Yabigarutseho