Mu nkuru ikomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga ni inkuru yuyu musore w’imyaka 22 wasimbutse mu nyanja akarohama azize kwemeza bagenzi be
Umuhanzikazi Karole Kasita wo mu gihugu cya Uganda yagaragaje impungenge aterwa n’abakobwa bo muri iki gihe ko bashobora kugutwara umugabo ndetse avuga ko atazigera
Umukobwa wari ugiye hanze yageze ku kibuga cy’indege bamwogoshesha ingobe. Umukobwa wo muri Nigeria, yatangaje ko yababajwe cyane n’abayobozi bo ku kibuga cy’indege bamusabye
Umukinnyikazi wa Filime akaba n’umushabitsi mu myidagaduro ishingiye kuri Cinema cyane , yagaragaye ari kubwiriza imbere y’imbaga y’abakirisitu.Uyu mugore yavuze ko ubuzima bubi nawe
Nyuma yo guterwa indobo na Diamond Platnumz umusore witwa Clam Cris yagaragaje ko agikunda Zuchu. Mu butumwa yanyujije kuri konti ye ya Instagram, Clam
Munyakazi niwe muhanzi wa mbere wamaze kwemezwa ko azataramira Abanyarwanda muri Rwanda Day izabera muri Amerika. Uyu muhanzi ukubutse muri Amerika agiye gusubirayo
Umuhanzi Nyarwanda wamamaye nka Amalon yagaragaje ko yavuye ku nzoga yemeza ko ari inama agenda n’abagenzi be.Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiriye kuri Kiss FM
Abashinzwe umutekano bo mu gace kitwa Baringo bavuze ko yabonye umurambo w’umugabo bari bamaze iminsi bakurikirana ikirego cye kuko yari amaze igihe yaraburiwe irengero