Abasore : Dore ibyagufasha gutsindira umutima w’umukobwa

03/11/2023 07:32

Niba uri umusore ariko ukaba utazi icyo wakora kugira ngo ubashe gutsindira umukobwa wihebeye.Iyi nkuru iragufasha kumenya uburyo wakoresha.

 

1. BA UMUHANGA KANDI WUBAHE: Niba ukeneye ko uwo mukobwa akubaha , menya neza ko ugomba kumwubaha ndetse ukubaha n’ibitekerezo bye.Umukobwa wese akunda umusore w’umuhanga.

 

2.IBYO AKUNDA BISHYIGIKIRE : Shyigikira impano ye ndetse ukunde n’ibyo nawe akunda.

 

3. UJYE UMWUMVA: Kuba umuhanga bituma ubasha kumwumva ndetse ukumva nibyo ashobora kukubwira. Uretse n’umukobwa nawe ubwawe ukunda ukumva.

 

4.IGIRIRE ICYIZERE ARIKO NTIWIRATE : Umukobwa akunda umuntu wigirira icyizere ariko kutarimo kwirata.

 

5. MUKORERE UTUNTU DUTO: Niba ushaka gutsindira umutima w’umukobwa, gerageza gukora iyo bwabaga umukorera utuntu duto. Ushobora kumuha impano ,…

Previous Story

Zory Banks wiyita Murumuna wa Yesu yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Blessings’ – VIDEO

Next Story

Kimenyi Yves agiye gukora ubukwe na Miss Uwase Muyango basanzwe babana

Latest from Inkuru z'urukundo

Banner

Go toTop