Kimenyi Yves agiye gukora ubukwe na Miss Uwase Muyango basanzwe babana

03/11/2023 08:03

Umunyezamu wa As Kigali Kimenyi Yves nyuma yo kuvunikira mu mukino wabahuje na Musanze FC ikaza no kubatsinda, we n’umukunzi we bashyize hanze itariki y’ubukwe.

 

Miss Uwase Muryango Claudine witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2019 , yagiye akomeza kuba hari Kimenyi Yves by’umwihariko mu bihe bye by’imvune.Ku wa 2 Ugushyingira 2023 nibwo aba bombi bashyize hanze integuza y’ubukwe bwabo.

 

Nk’uko iby’ubukwe bwabo bigaragara kuri uru rupapuro ruteguza ubukwe bwabo, biteganyijwe ko bazabukora mu mwaka utaha wa 2024, taliki 06 Mutarama. Taliki 28 Gashyantare 2021 ni bwo Kimenyi yari yambitse impeta y’urukundo Muyango amusaba ko yazamubera umugore.

Muyango na Kimenyi bombi babyaranye umwana umwe w’umuhungu Kimenyi Miguel.

 

Advertising

Previous Story

Abasore : Dore ibyagufasha gutsindira umutima w’umukobwa

Next Story

Mu gihugu cya Nigeria, Umukobwa yapfuye ubwo yarari gutera akabariro n’umukunzi we wari wafashe imiti yongera akanyabugabo

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop