Zicsloma yatangaje ko ku kwezi yinjiza arenga Miliyoni 65 ariko ngo aracyashaka umukunzi wo kumufasha kujya amukemurira ibibazo by’amafaranga

10/09/2023 19:57

Umunyamakuru wo muri Nigeria  witwa Zicsloma wamamaye cyane kumbuga nkoranyambaga yatunguranye avuga ko we nubwo akorera amafaranga menshi ariko akeneye umukunzi wo kumwitaho no kumufasha gukemura utubazo tw’amafaranga.

 

Zicsloma yemeje ko ageze ku rwego rwiza rwo kwinjiza amafaranga menshi ku kwezi. Zicsloma ukunda gushamagarwa Ashmusy ,yatunguye abantu benshi ubwo yavugaga ko nubwo akorera amafaranga angana gutyo ngo agikeneye umukunzi wo wo kujya amufasha akamusohokana ahantu hahenze.

 

Uyu mukobwa yemeza ko umusore waza kumutereta agomba kuba ashobora kumuha amafaranga akanishyura ibintu byose bihenze akunda gufata. Zicsloma yemeje ko kandi akoresha arenga Miliyoni 20 zama Naira.

Previous Story

Abagore babiri bo muri Kenya bakoraga akazi ko gucuruzaga abakobwa ku bagabo bakabasambanya bavuga ko bagiye kubaha akazi keza bafatiwe mu Buhinde

Next Story

Uko mbibona ! Yago akumbuwe n’abatagira kivugira n’abakene none umuziki waramuheranye nta kiganiro aheruka

Latest from Inkuru Nyamukuru

Kaminuza ya UTAB yahawe igihembo

Kaminuza ya UTAB iherereye i Byumba mu Karere ka Gicumbi yaherewe igihembo mu Imurikabikorwa ryaberaga mu Ntara y’Amajyaruguru mu Karere ka Musanze.Ni igihembo yahawe

Banner

Go toTop