Uzagura ifi imwe bakongeze iya 2 y’ubuntu ! Agashya kubakiriye ba El Classico Beach kwa West mu cyiswe ‘Bye Bye Vacance’ abanyeshuri basezeranaho

22/09/2023 11:03

Nk’ibisanzwe Bar & Restaurent , El Classico Beach kwa West mu Karere ka Rubavu , mu Murenge wa Nyamyumba hafi n’uruganda rwa Bralirwa niho honyine hashyira igorora abahagana buri munsi , kuri Serivise nziza , ibiciro byiza bibereye buri wese kandi uhasohokeye agatahana akanyamuneza yishimiye ubuzima bwe.Kuri ubu kuri El Classico Beach hateguwe igitaramo cya Bye Bye Vance abanyeshuri basezeranaho aho Promotion ya TAMIRA IFI MU NYARWANDA izaba ihari ugura ifi imwe bakakongeza indi ya kabiri , ibinyobwa 5 bakaguha icya 6  ndetse n’abana bashyiriweho aho kurira umunyenga.

 

El Classico Beach yateguye igitaramo cyiswe ngo ‘Bye Bye Vacance, kizaba mu minsi ibiri ; Ku wa Gatandatu no kucyumweru ni ukuvuga tariki 23 na 24 Nzeri 2023, kikabera kuri El Classico Beach kwa West kuri Brasserie hafi neza n’uruganda rwa Bralirwa.Uyu muteguro uzafasha Abanyarwanda n’Abanye-Congo kwishima no kunezeza abana mbere y’uko basubira ku ishuri.

IFI yo kuri El Classico Beach kwa West

 

Kubantu bazaba bari kumwe n’abana babo kuri El Classico Beach babateguriye aho gukinira no kwishimira ubuzima barya umunyenga nk’uko byemejwe na FIRE WEST nyiri El Classico Beach , ukoresha numero 0783256132 kuri watsapp ndetse no kumuhamagara.

KURI GAHUNDA YA TAMIRA IFI MUNYARWANDA.

Abantu bazaba bifuza kurira ifi kuri El Classico Beach kwa West, biteganyijwe ko , uzajya agura ifi imwe y’Ibihumbi 7000 RWF , azajya yongezwa indi Fi imwe, izana n’ifiriti yayo.

 

 

Inkoko yo kuri El Classico Beach igura 12,000 RWF , Special Chicken ikagura 15000 RWF nk’uko ifi imwe nini cyane igura 9,000 RWF.

 

Kubijyanye n’ibyo kunywa , umuntu azajya agura amacupa 5 yongezwe icupa rimwe, ahabwe 6. Nshimiyimana Onesphore wamamaye nka Fire West , yagaragaje ko abana bashyiriweho ibyicundo byabo , aho abana bahabwa umwanya wo kwidagadura barimo n’ushinzwe kubafasha.

 

Kuri El Classoc Beach kandi hari ubwato bufasha abantu gutembera mu kiyaga cya Kivu , Koga amashyuza ndetse no kureba uturwa twose turi mu Kiyaga cya Kivu ki giciro gito cyane.

 

URAMUTSE USHAKA GUTANGA KOMANDE YAWE N’ABO MUZAZANA , ANDIKIRA KURI WATSAPP CYANGWA UHAMAGARE KURI 0783256132 CYANGWA 0789400200 cyangwa utwandikire kuri watsapp yacu.

Advertising

Previous Story

Uwambaye ikirezi ntamenya ko cyera! imvune z’abahanzi ziragaragara cyane, muzika Nyarwanda yateye imbere kuburyo ntawe ukimenya ko hanze basohoye indirimbo

Next Story

Ariel Wayz uri muri Kenya yasabye abafana be inkunka yo kumushyigikira avuga ko agiye gushyira hanze indirimbo 3 icyarimwe

Latest from Imyidagaduro

Go toTop