Uyu niwo munsi wanyuma ku isi , ngiye gusanga ababyeyi banjye mu ijuru ! yo ni amagambo yanyuma umusore wiga muri kaminuza yavuze mbere yo kwiyahura

26/11/2023 09:34

Ese kubera iki abantu benshi bakomeje kwiyahura hirya no hino, ese umuntu afata umwanzuro wo kwiyahura cyangwa kwiyambura ubuzima bwe byagenze gute, abantu benshi akenshi ntibajya bamenya impamvu umuntu ashobora gufata umwanzuro wo kwiyahura.

 

 

Mu gihugu cya Kenya, hakomeje kuvugwa inkuru yababaje benshi aho Umusore w’imyaka 32 wari usanzwe yiga muri Kaminuza mu mujyi wa Nairobi wapfuye, yiyahuye ndetse iyi nkuru ikomeje kubabaza abantu benshi hirya no hino ku

mbugankoranyambaga.

 

 

Bivugwa ko uyu musore yitwa Wilson Ombacho ubusanzwe yari abayeho ubuzima busanzwe nkuko abandi babayemo. Mbere yo gufata umwanzuro wo kwiyahura uyu musore yari arikumwe n’inshuti ze bagiye kugura icyo kunywa ndetse nicyo kurya bityo ko bari bameze neza nk’uko bisanzwe.

 

 

Nkuko inshuti ze zabivuze, zavuze ko ubwo bari gusangira nawe uyu musore yakomeje avuga ko uwo minsi Ari umunsi we wanyuma ku isi bityo bakwiye kumureka akabishyurira, ariko ngo ntibamenya neza ibyo Ari kuvuga kuko bumvaga ko kwiyahura Ari ikintu atakora ndetse ko batigeze banabicyeka.

 

 

Abashinzwe umutekano bo muri Kenya bakomeje iperereza bareba icyateye uyu musore gufata umwanzuro wo kwiyahura.

 

 

 

 

 

Source: the standard digital

 

 

Advertising

Previous Story

Ese waruzi ko iyo umugore akubwiye ngo ndeka njyenyine ko hari ikindi kintu aba ari kukubwira ngo ukore

Next Story

Umugabo yavuze ko abakobwa benshi bajya i Dubai baryamana n’abagabo kugira ngo babone amafaranga

Latest from HANZE

Go toTop