Umugabo yavuze ko abakobwa benshi bajya i Dubai baryamana n’abagabo kugira ngo babone amafaranga

26/11/2023 10:03

Ni Kenshi abakobwa bamwe na bamwe  bo muri Afurika bagaragara bagiye mu butembere mu mujyi wa Dubai hakibazwa icyo bagiye gukorayo bikabacanga, icyakora Hari abantu benshi bashidikanya ku mirimo abo bakobwa bakora muri ayo Mahanga kugira ngo babeho neza ndetse bagire amafaranga nk’uko ku mbugankoranyambaga bagaragara.

 

 

Simon umwe mu bagabo baba muri uyu Mujyi, bavuze byinshi ku buzima abakobwa benshi bajya i Dubai babayemo. Nibwo uyu mugabo yavuze ko abakobwa benshi bo muri Afurika baba i Dubai baryamana n’abagabo cyangwa imbwa kugira ngo babone amafaranga abatunga muri uyu mujyi.

 

 

Uyu mugabo avuga ku mibereho yo muri uyu mujyi, yavuze ko uyu Ari Umujyi ukomeye cyane ndetse kuwubamo bisaba amafaranga menshi, aribwo yakomoje kuri abo bakobwa baryamana n’abagabo cyangwa imbwa kugira ngo babone amafaranga.

 

 

Yakomeje avuga ko muri uyu mujyi haba ubuzima bukomeye bugoye ndetse ko bisaba amafaranga menshi kugira ngo uhabe. Yakomeje avuga ko kubona akazi muri uyu mujyi bigoye ndetse aribyo bituma abakobwa benshi bisanga mu buraya kugira ngo babone amafaranga menshi abatunga muri uyu mujyi wa Dubai.

 

 

 

 

 

 

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Uyu niwo munsi wanyuma ku isi , ngiye gusanga ababyeyi banjye mu ijuru ! yo ni amagambo yanyuma umusore wiga muri kaminuza yavuze mbere yo kwiyahura

Next Story

Waruzi ko hari ibiryo bikugirira akamaro cyane mu mubiri wawe ariko ubiriye bigishyushye!! Dore bimwe muri byo

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop