Baranzwe n’umunezero ! Inkuru y’urukundo rwa Barack Obama na Madamu we Michelle Obama

23/01/2023 09:53

Urukundo rwa Barack Obama n’umugore we Michelle Obama ni imwe mu nkuru z’urukundo zitangaje cyane zabayeho mu mateka y’isi.Umugore wa Barack Obama yaragize ati:”Hari hashize imyaka 10 ubwo ntashoboraga guhagaritsa umugabo wanjye”.

Inkuru y’urukundo rw’aba bombi yatangiye mu mwaka wa 2007 gusa kuri Barack Obama yari yaratangiye mbere y’aho na cyane yakundaga cyane uyu mwari Michelle Robinson wari wagizwe ‘Mentor’ we mu Mujyi wa Chicago.Uguteretana kwabo ubusanzwe kwatangiye mbere y’aho ho gato mu mwaka wa 1989.Nyuma y’imyaka 3 mu mwaka wo 1992, nibwo amafoto yabo bombi yatangiye gukwirakwizwa kumbuga nkoranyambaga , aho babafataga bishimanye.urukundo rwa barack obama

Aha batizanyaga amakote, bagafungirana amakarovati babaga bambaye , byabindi
byose by’abakundana barabikoreranaga, bagafatana n’ibiganza , bakarebana utwana
two mujisho,…Aba bantu bombi ;Obama na Robinson, muri icyo gihe bajyaga
bagaragara bari kubyina bombi bishimye cyane, kugeza ubwo Obama yaje no kuba umukuru w’igihugu.

Ubwo Barack Obama yiyamamazaga , umugore we niwe wari usa n’ukuriye itsinda ryafashaga umugabo we kwiyamamaza.Nk’uko bigaragara mu mafoto atandukanye , aba bombi bakundanye
urukundo rudasanzwe, bakundanye urukundo abantu benshi muri iyi minsi badafite
dore ko niyo bamwe barebye amafoto yabo yakera bifata kumunwa bakavuga abi burya urukundo rwukuri ruracyariho.

Urukundo rwabo rwakomeje mu mwaka w’1993 aho bagiye bagaragara mu mafoto
bifotozanya bakundana kandi ubona ko bombi ntawahenze undi , ntawishyira
hejuru muri , bumvana kandi bubahana cyane.Muri uyu mwaka wa 1992, nibwo aba
bombi bakoze ubukwe barashyingirwa.Mu mwaka wo mu 2004, bari bafite umuryango
bari baribarutse, aba bombi bagaragaye munama ikomeye ya Economic Club
yabereye Chicago aho bari batuye.Aha hari tariki 8 Ukuboza 2004.Muri iyi nama bari bateruye abana babo; Malian a Sasha.

Mu gitaramo cya Bruce Springsteen and Billy Joel Obama na Michelle
barahoberanye biratinda aha hari muri 2008 mu Mujyi wan New York City
ahazwi nka Hammerstein Theater.Aba bombi ni urugero rwiza rw’abakundana
haba muri iki kinyejana no mu kinyejana cya tambutse.Inkuru y’urukundo

Advertising

Previous Story

Inkuru y’urukundo rw’umubikira muri Catholic wakundanye n’umu Monk bikarangira amurongoye

Next Story

Umwana w’umukobwa yigambye kwicira abantu barenga 200 muri Amerika

Latest from Imyidagaduro

Go toTop