Umuziki w’u Rwanda wungutse itsinda ry’abahanzikazi b’impanga Bukuru na Butoya

24/11/2023 12:42

Nyuma yo kwiga mu ishuri ry’umuziki ry’u Rwanda, abakobwa babiri b’impanga Bukuru na Butoya bitemeje gutangira umuziki.

Iri tsinda ryiywa J-Sha , ryahise rishyira hanze indirimbo yabo ya mbere bise ‘Mabukwe’.

Ni itsinda rigizwe na Bukuru Jennifer na Butoya Shakira, barangije mu ishuri ry’umuziki ry’u Rwanda rya 2021.

Bukuru Jennifer na Butoya Shakira bafite ubuhanga budasanzwe bwo gucuranga ibikoresho bitandukanye by’umuziki.

Izi mpanga zinjiye muri muzika Nyarwanda, zaririmbye mu bitandukanye birimo ; CHOGM, Kigali Up, Commonwealth na AU Summit byose byabereye i Kigali mu bihe bitandukanye nkuko tubikesha ikinyamakuru IGIHE mu nkuru yanditswe na Nsengiyumva Emmy.

https://youtu.be/lprauXSm2zs

Advertising

Previous Story

Amalon wari umaze igihe acecetse yashyize hanze iyo yise Don’t Tell Me No

Next Story

Umuramyi James Niyonkuru wakoranye indirimbo na Theo Bosebabireba yambariye guhesha Isi agakiza

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop