Amalon wari umaze igihe acecetse yashyize hanze iyo yise Don’t Tell Me No

24/11/2023 11:01

Umuhanzi Amalon uri mu bahanzi umuziki nyarwanda ufite babahanga Kandi bakunzwe n’abatari bacye yari , amaze igihe kinini adashyira hanze indirimbo nshya ndetse abantu benshi bakomeje kwibaza aho yari yaragiye.

Bijyanye no gutangira uyu muhanzi yahoze arebererwa inyungu ze na Dj Pius, muri Label yitwa 1k Entertainment, ubwo uyu muhanzi Amalon yaseseraga muri iyi label nibwo yatangiye kugenda asubira inyuma mu muziki ndetse benshi bemeza ko kuba atakimeze nkuko yaho ameze muri muzika aruko yavuye muri 1k entertainment.

 

Uyu muhanzi ubwo yari mu bihe bye, yakoze indirimbo nyinshi zakunzwe nka “Byakubaho” yakoze ku mitima ya benshi ndetse n’indi yitwa Yambi.

 

Indirimbo nyinshi yakoze mu bihe bye zakunzwe n’abatari bacye mu rwanda.

 

Kuri uyu wa Gatanu uyu muhanzi yashize hanze indirimbo nshya yitwa DTMN, Don’t Tell Me No, ikaba yarakozwe na Producer witwa Muriro nawe uri kuzamuka neza mu muziki nyarwanda.

 

Advertising

Previous Story

Vera Sidika uteye nka Yolo The Queen yasabye abantu bose kumusengera avuga ko atameze neza [AMAFOTO]

Next Story

Umuziki w’u Rwanda wungutse itsinda ry’abahanzikazi b’impanga Bukuru na Butoya

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop