Umusore yatawe muri yombi azira kwihindura umukobwa agatuburira abantu mu tubyiniro

18/05/2024 20:51

Umwana w’umuhungu wiga ku ishuri ryisumbuye ry’abahungu rya kabungut, yatawe muri yombi nyuma yo kwihindura nk’umukobwa akajya mu tubyiniro gutuburira abagabo kugira ngo bamuhe amafaranga

Uyu mwana w’umuhungu abamuzi bavuze ko yambaragara imyenda y’abakobwa akanisiga n’ibirungo abakobwa bisiga akajya mu tubyiniro gukarangira abagabo n’abasore basinze abakuramo amafaranga.

Uyu yakoraga uko ashoboye akabajyana mu macumbi bazi ngo bagiye kurya umwana cyane ko yabaga yarebye abasinze.

Yatawe muri yombi nyuma y’uko abagabo benshi baguye mu mutego we barangiza bakabimenyesha polisi.

Amafoto yazengurutse ku mbuga nkoranyambaga yerekana ukekwaho icyaha, yamabaye nk’umukobwa.

Uyu mwana w’umuhungu warusanzwe yiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye, yatuvuriraga abagabo abasanze mu tubyiniro two mumujyi witwa Bomet muri Kenya.

 

Advertising

Previous Story

Ese kuryama nta myenda umuntu yambaye bifasha iki umubiri we?

Next Story

Kigali Universe yatashywe amakipe anyagirwa imvura ibitego

Latest from HANZE

Go toTop