Umuraperi wamamaye muri Amerika no ku Isi ndetse akagacishaho na Rihanna yatangaje ko yabaye ahagaritse umuziki.
Â
Binyuze muri SiriusXM show, umuraperi wo muri Canada Drake , yatangaje ko yahagaritse umuziki mu gihe cy’umwaka kubera uburwayi bwo Munda.
Yagize ati:” Ndashaka kwita kubuzima bwanjye mbere na mbere”. Uyu muhanzi wari umeze igihe ari guhangana n’ibibazo bya ‘ gastrointestinal’, yemeje ko amaze igihe ahanganya n’uburibwe bwo munda.
Â
Drake utigeze avuga byimbitse kuburwayi bwe, yatangaje ko umuryango umwerekeza muri Studio yabaye awufunze kugira ngo akoreshe uwo mwaka cyangwa nyuma yawo kugira ngo abanze akire.Ati:” Mbaye mfunze umuryango unyinjiza muri studio byagahe gato”.
Â
Drake asize icyuho muruhando rwa muzika muri aka gahe agiye kuba ahagaritse umuziki.
Â
Drake ahagaritse umuziki mu gihe Dj Khaled yaherukaga gutangaza ko muri Album ye afiteho indirimbo za Dj Khaled