Umugore yateye benshi agahinda nyuma yo gufatwa amashusho arigushyira ikariso ye mu mafunguro yatekeraga umugabo we
Â
Iteka tubagezaho inkuru zigisha ndetse zikanahwitura kumpande zombi. Inkuru y’uyu mugore yabaye kimomo kumbuga nkoranyambaga gusa nanone yasize isomo kuri bamwe mu bayibonye nk’uko KigaliHit yabitangaje [Source].
Â
Aya mashusho yasesenguriwe kumbuga nkoranyambaga aho yanyuze mu maso y’abafana batandukanye bahise bibaza niba ari ubumuntu gushyira umwambaro w’imbere mu mafunguro ateretse ku mbabura [atetse].Aya mashusho yasize urujijo mu bantu batandukanye.
Â
Uko aya mashusho yagendaga , ninako uyu mugore yageze aho atangira kwarura bisa n’aho hari undi muntu arimo kwarurira wagombaga kuyarya.Benshi bati :” Byamugore yataye umuco ubu ni uburozi”.
Â
Mu Rwanda ndetse n’ahandi ku Isi , abantu bakunze gufatwa amashusho mu buryo batazi gusa bagashiduka bageze kukarubanda.Urugero rwavuba twavuga ni , amashusho y’umugabo uherutse kugaragara ari mu modoka ariko agashaka kugonga umugore we n’undi bari kumwe nyuma yo kugonga imodoka ye.
Â
Aya mashusho yayafashwe atabizi nyamara yabaye isomo ndetse ateze ikibazo bamwe bibaza ubumuntu busigaye ku Isi.Iyi nkuru ihura neza n”iy’uyu n’ubwo zitanganya uburemere gusa , bose bafashwe amashusho mu buryo batazi ari nayo mpamvu abantu bagirwa inama yo kwirinda ubugome kuko AbanyaRwanda bagira bati:” Satani arakoshya akanaguhururiza”.
Â
Abagize icyo bavuga kuri aya mashusho harimo uwitwa Lehlogonolo wagize ati:” Ubu ni uburozi”. Thandi yagize ati:” Africa twizerera mu marozi n’ibintu by’ubumara, nibyo dushinjwa”. Benshi bamwise umurozi, umupfumu ndetse bavuga ko yarogaga amafunguro nk’uko uwitwa Delina yabivuze ati:” This is not fun”. [Ibi ntabwo bishimishije].Nk’uko News Hub Creator (Daniel Marven), babitangaza , ibi ntabwo aribyo byo.
Â
Â