Umunyamideri Moses Turahirwa yatangaje ko byemewe n’amategeko ari umugore aho kuba umugabo

26/04/2023 19:24

Umunyamideri Moses Turahirwa washinze inzu y’imideri ya Moshions yambika abakomeye yamaze kwihindura igitsina ku mpapuro z’inzira [Passport], ashimira umukuru w’igihugu cy’u Rwanda.

Nk’uko yabigaragaje akoresheje konti ye ya Instagram, Moses Turahirwa wagaragaye mu mashusho aryamana n’uwo bahuje igitsina yamaze kwihindura umugore.

Uyu mugabo wihinduye umugore yagize ati:” Rwanda works , Officially Feminin. Thank you Kagame”.
https://www.instagram.com/p/CrgRphjIF7j/?igshid=YmMyMTA2M2Y=

Advertising

Previous Story

“Njye na Bruce Melodie nitwe twavuye kure tukaba tugeze kure mu Rwanda” ! Umunyamakuru AIME Niyibizi yivuze imyato

Next Story

Indwara Itera Kwishimagura Mu Gitsina Ku Bagore Nawe Ukwiye Kuyimenya Ukayirinda Cyangwa Ukayirinda Abawe.

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop