Umukobwa yagiriye inama abakobwa ababuza gukunda Umusore w’abakundiye ikibuno cyangwa imiterere

19/07/2023 19:57

Uyu mukobwa wamamaye cyane mu gukina filime muri Nigeria ndetse akanaba umucuruzi wabigize umwuga Nancy Iheme, yagiriye inama abakobwa bagenzi be ababuza gukunda abasore babakundira ikibuno cyangwa imiterere.

 

Mu nama ye yagiraga abakobwa ababuza gukunda abasore babakundira uko bagaragara nko kugukundira ikibuno, imiterere n’ibindi.

 

Uyu mukobwa abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yagaragaje ko abasore nkabo baba bitaye kubyo barya nkaho umukobwa Ari inkoko barya.

 

Mu magambo ye yagize ati ” ntuzigere ujya mu rukundo n’umusore ugukundira ikibuno cyangwa imiterere cyangwa amabere, ujye ubohereza aho bagurira inyama ntago muri inkoko.”

 

Uyu mukobwa ubusanzwe yatangiye gukina filime muri 2013, aribyo byamufashije kuba kuri ubu ari icyamamare.

 

 

 

 

Source: Adannaya

Advertising

Previous Story

Ese ubu wakora iki ngo umugabo nta guce inyuma ! Umugnjye yavuze ko yakora icyaricyo cyose ariko umugabo ntamuce inyuma

Next Story

Imbamutima za Aline Gahongayire nyuma y’uko ahuye na Angeline Ndayishimiye [AMAFOTO]

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop