Ese ubu wakora iki ngo umugabo nta guce inyuma ! Umugnjye yavuze ko yakora icyaricyo cyose ariko umugabo ntamuce inyuma

19/07/2023 19:52

Uyu mugore wamamaye cyane mu gukina filime Basira Badia, abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yatangaje ko yakora buri kimwe ariko umugabo yakunze ntamuce inyuma.

 

Uyu mugore n’ubundi yavuze ko mu gihe afashe umwanzuro wo gukunda umugabo, burya yakora buri kimwe cyose ariko umugabo we ntamuce inyuma.Yakomeje avuga ko iyo avuze ko agiye gukunda umugabo, amukunda n’umutima we wose ariko iyo amuhemukiye urukundo yamukunze rwose rushira mu gihe gito cyane.

 

Mu magambo ye yagize ati ” iyo ndi murukundo n’umugabo , nakora buri kimwe ngo mushimishe anyurwe. Ndi umugore ukunda n’umutima wanjye wose ariko iyo umpukiye bintwara agahe Gato guhita nkwanga.”

 

Abantu benshi bakomeje kumuseka bavuga ko burya ntacyo wakora ngo ushimishe umugabo.

Ese Koko ntakintu wakora ngo umugabo wawe ntaguce inyuma. Ese abagore bo ntibaca abagabo babo inyuma.!??

 

Byukuri Dominique

 

Source: worldnewsreporter

Advertising

Previous Story

Tanzania: Ali kiba yavuze kubyo kuba yarahanye gatanya n’umugore we Amina Khalef

Next Story

Umukobwa yagiriye inama abakobwa ababuza gukunda Umusore w’abakundiye ikibuno cyangwa imiterere

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop