Umukobwa w’uburanga Demi Lovato yashimangiye ko iyo ari gukora imibonano mpuzabitsina aribwo atangira kwiyumva nk’udasanzwe

20/09/2023 06:02

Demi Lovato uri mu rukundo n’umuhanzi Jutes yagaragaje ko gutera akabariro bimufungurira intekerezo akabona imbere he ari heza, yemeza ko ibyo abandi banga hari abo bifasha.

 

Mu magambo ye yagize ati:” Niyumvamo icyizere kidasanzwe iyo ndimo gutera akabariro”. Tariki 19 Nzeri aganira na LadyGand Podcast yakomeje agira ati:” Kubera ko uriho ubu , ubwo urimo gutekereza ngo ese abantu ntabwo barancira imanza ? , Rero njye uko meze simbitekerezaho cyane ninayo mpamvu niyumva niyumva uko”.

 

Urukundo rwa Jutes na Demi Lovato rwatangiye kuvugwa mu mwaka wa 2022, amakuru atanzwe n’inshuti ya hafi ya Demi Lovato. Wagize ati:” Bamaze. ukwezi bombi bakundana”.

Advertising

Previous Story

Umuhanzikazi Nick Minaj uteye nk’igisabo yahawe umugisha n’umubyeyi we wamurase ibigwi

Next Story

Umusore wamamaye ku izina rya Mwene Karangwa kuri Twitter yatawe muri yombi

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop