Umuhanzikazi Nick Minaj uteye nk’igisabo yahawe umugisha n’umubyeyi we wamurase ibigwi

19/09/2023 21:01

Umuhanzikazi Nick Minaj uteye nk’igisabo yahawe umugisha n’umubyeyi we wamurase ibigwi

 

Carol Maraj nyina wa Nick Minaj yatangaje ko yishimiye ibyo umukobwa we yagezeho ndetse n’ibyo amaze kumuha nk’umubyeyi we baruhanye mu buzima bubi.Uyu mubyeyi wa Nick Minaj yatangaje ko yishimiye cyane iterambere umwana we amaze kugeraho binyuze mu byo amuhereza ndetse akaniteza imbere.

Uyu mukecuru yagize ati:” Umukobwa wanjye yanguriye imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz, yanguriye inzu nziza n’izindi modoka nyinshi cyane ariko muri byose nkunda inzu cyane.Umukobwa wanjye Nick Minaj yavukiye muri Trinidad aza muri Amerika afite imyaka 5 gusa , rero kumubona agera kubyiza biranezeza cyane”.Nyina wa Nick Minaj na Nick Minaj babayeho mu buzima bubi cyane na cyane ko umubyeyi wa (Se) wa Nick akaba umugabo wa Carol yari imbata y’ibiyobyabwenge.

Kuba bari batuye ahantu habi ariko Nick Minaj akaza kuhamukura akamutuza ahantu heza , byamubereye imbarutso yo kumukeza.Uyu mubyeyi yemeje ko kandi Nick Minaj yakuye impano yo kuririmba kuri we nk’uko byinshi mu binyamakuru byo muri Amerika bibiyangaza.

Advertising

Previous Story

Ibimera bidasanzwe biteye neza nk’ibice bigize umubiri w’umuntu

Next Story

Umukobwa w’uburanga Demi Lovato yashimangiye ko iyo ari gukora imibonano mpuzabitsina aribwo atangira kwiyumva nk’udasanzwe

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop