Umuhanzikazi Beyonce Knowles yashyize hanze imbanziriza mushinga wa Filime yiswe Renaissance yitiriye ibitaramo bizenguruka Isi

by
10/10/2023 23:31

Beyonce wamamaye mu ndirimbo zitandukanye zirimo nizo yafatanyije n’umugabo we , yanshyize hanze ‘Trailler’ ya Filime yise Renaissance ikitirirwa ibitaramo yakoze bizenguruka Isi.

 

Biteganyijwe ko iyi Filime Beyonce Knowles azayishyira hanze ku ya 1 Ukuboza 2023 dore ko ari Filime iterejwe n’abatagira ingano.

 

Uyu muhanzi yitangarije ubwe ko azashyira hanze Filime ishingiye kubitaramo yakoze ‘Renaissance’

 

Muri iyi Trailer yashyizwe hanze Beyonce agaragara arikumwe n’abafana be ndetse bishimiye ko bamubonye mu bitaramo bye.

 

Muri iyi Trailer, Beyonce yumvikana avuga ko ashobora kwihinduranya inyamaswa zitandukanye iyo ari kurubyiniro.Ubwo yanshyiraga Trailer hanze , Beyonce yagize ati:” Be what you ask for , cause I just might comply”.

 

Benshi mubafana b Beyonce n’ubwo batazi itariki ariko bakomeye gutegereza itariki yanyayo iyi Filime izagira hanze

Arvin

Ni umwanditsi wa Umunsi.com

Advertising

Previous Story

Kenya : Umugore w’uburanga yagaragaye yaratakaje ibiro maze abasore benshi batangira kumusarira kandi barahoze bamwanga

Next Story

Menya byinshi ku bwoko busaba umugeni kubyina imbere ya nyirabukwe n’imiryango yombi kugira ngo barebe niba akiri isugi

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop