Beyonce wamamaye mu ndirimbo zitandukanye zirimo nizo yafatanyije n’umugabo we , yanshyize hanze ‘Trailler’ ya Filime yise Renaissance ikitirirwa ibitaramo yakoze bizenguruka Isi.
Â
Biteganyijwe ko iyi Filime Beyonce Knowles azayishyira hanze ku ya 1 Ukuboza 2023 dore ko ari Filime iterejwe n’abatagira ingano.
Â
Uyu muhanzi yitangarije ubwe ko azashyira hanze Filime ishingiye kubitaramo yakoze ‘Renaissance’
Â
Muri iyi Trailer yashyizwe hanze Beyonce agaragara arikumwe n’abafana be ndetse bishimiye ko bamubonye mu bitaramo bye.
Â
Muri iyi Trailer, Beyonce yumvikana avuga ko ashobora kwihinduranya inyamaswa zitandukanye iyo ari kurubyiniro.Ubwo yanshyiraga Trailer hanze , Beyonce yagize ati:” Be what you ask for , cause I just might comply”.
Â
Benshi mubafana b Beyonce n’ubwo batazi itariki ariko bakomeye gutegereza itariki yanyayo iyi Filime izagira hanze