Umuhanzikazi Ariel Wayz na Kwizera Bosco wamamaye nka Juno Kizigenza basubitse ibitaramo bagombaga gukorera i Mahanga

06/10/2023 20:43

Abahanzi babiri bavuzwe mu rukundo , batangaje ko bageje inyuma amatariki y’ibitaramo byabo kubera imyiteguro bagikora.

 

Ariel Wayz na mugenzi we Juno Kizigenza bashyize hanze itangazo rivuga ko begeje inyuma ibitaramo byabo bavuga ko babajwe n’impinduka ariko bizeza abari baguze amatike ko nubundi bazayakoresha muri ibi bitaramo mu matariki ari imbere.

 

 

Byari byitezwe ko aba bahanzi bagomba gutaramira i Hannover ku wa 7 Ukwakira uyu mwaka wa 2023, mu Budage ku wa 08 Ukwakira 2023.

 

 

Tariki 14 Ukwakira bari bategerejwe Noverge ku ya 21 mu Bwongereza.Kuya 28 muri Suede , kuya 04 Ugushyingo mu Bubiligi.Ibi bitaramo kandi byagombaga gukomereza mu Butaliyani, muri Pologne  bigasorezwa mu Bufaransa kuya 25 Ugushyingo uyu mwaka.

Advertising

Previous Story

Telephone ya The Ben yibwe I Burundi yagejejwe mu Rwanda n’uwayibye nk’akazi yahawe atabwa muri yombi na RIB

Next Story

Nizzo Kaboss wahoze mu itsinda rya Urban Boys rimaze igihe ricecetse agiye gutangiza ibiganiro bizajya bigaruka ku myidagaduro yabayemo imyaka

Latest from Imyidagaduro

Go toTop