Umuhanzi Vampino wamamaye muri muzika ya Uganda arembejwe n’indwara yatewe no kunywa amazi yanduye [ VIDEO]

06/11/2023 12:04

Umuhanzi Elvis Kirya  wamamaye mu njyana ya Dancehall, yatangaje ko arembejwe n’imndwara ya Tythoid  yatewe n’indwara yo kunywa amazi asa nabi.

 

Abinyujije kumbuga nkoranyambaga ze [Instagram], yagaragaje amashusho ari mu kwitabwaho n’abaganga  gusa ntiyagaragaza aho yari arimo kuvurirwa.Muri aya mashusho Vampino yavuze ko arwaye kubera ko yanyoye amazi asa nabi , ndetse arahirira ko atazongera gukora ikosa ryo kunywa amazi mabi cyangwa atayiteguriye.

 

 

Muri aya mashusho Vapino yanenze cyane abahanzi barimo Spice na Sheebah water Brand yemeza ko aribo bari inyuma y’uburwayi bwe.Yagize ati:”Ese ni iki cyatumye ndwara Typhoid koko , kuva uyu munsi ntabwo ngomba kuzongera kunywa amazi ntiteguriye”.

Previous Story

MU MAFOTO: Byinshi wamenya kuri Ayra Star wamganye abagabo bamubuza kwambara impenure

Next Story

Dore ibyo ukwiriye kuzirikana mu gihe shaka kubaka umubiri

Latest from Imyidagaduro

Zari Hassan yasabye imbabazi umugabo we

Zarinah Hassan yaciye bugufi asaba imbabazi Shakib Cham umugabo we.Ibi bibaye nyuma yaho yari akomeje kumushinja kudashyira umutima hamwe byuzuye gufuhira Diamond Platnumz akarenzaho

Niyonzima Haruna yatandukanye na Rayon Sports

Rutahizamu ukomeye wakiniye Amavubi imikino myinshi Haruna Niyonzima yatandukanye na Rayon Sports  nyuma y’Igihe avuga ko yananiwe kubahiriza amasezerano bagiranye. Haruna Niyonzima wari umaze

Banner

Go toTop