Nyuma yo gutandukana na Kajala bwa kabiri Harmonize yagiye kwipisha SIDA

14/12/2022 10:11

Umuhanzi ukomeye Harmonize Tz nyuma yo gutandukana na Kajala kunshuro ya 2, yagiye kwipimisha agakoko gatera SIDA.

Umuhanzi Harmonize n’umukinnyi wa Filime wamamaye nka Kajala bari bamaranye agahe mu munyenga w’urukundo nk’uko yagaragazwaga nabo ubwabo binyuze kumbuga zabo.Nyuma y’agahe batandukanye , umuhanzi Harmonize, yagiye kwipimisha agakoko gatera SIDA ngo arebe niba atarandujwe n’uyu mukunzi we.Umuhanzi ukomeye Harmonize Tz.

https://youtu.be/POWP6YyVDxU
KANDA KURI VIDEO IYIREBR

Ku munsi wo ku wa Kabiri nibwo umuhanzi Rajab Abdul Kahal wamamaye nka Harmonize akaba ‘Boss’ wa Konde Music Worldwide,

nibwo yagaragaje ko yagiye kwipimisha aga koko gatera SIDA.Uyu muhanzi wamamaye mu ndirimbo yise ‘MATATIZO’ n’izindi

zitandukanye, yashyize ibizamini kuri ‘Story’ ye ya Instagram nyuma yo kubifata.Mu magambo yanditse yaragize ati:”Done ..”, Arangije yerekana

ko basanze ari ‘Negative’.Uyu muhanzi kandi yerekanye n’amashusho y’ibihamya kugita ngo yemeze neza ko yapimwe bagasanga ari muzima.

Mbere yo gupimwa uyu muhanzi yaragize ati:”Ibigwari ni bamwe basezera kuri ibyo bintu by’inganyi”. “The cowards are those

who say goodbye to these things inside”.Uyu musore yagiye gufata ibi bipimo , mu gihe bivugwa ko kugeza ubu ntamukunzi

afite(Ari single) , nyuma yo gusingwa n’umukunzi we akaba n’icyamamare mu ma filime atandukanye ‘Kajala Masanja’. (Bu i will and never love again beacouse of hurt).

Nyuma yo gusabwa n’abakunzi babo ko bavugisha ukuri kugutandukana kwabo, bimaze kuvugwa ho na bamwe mu bamamaye cyane

muri Tanzania, Kajala yagize icyo abivuga ho maze agira ati:”Njye, nk’umugore ndetse nk’ikiremwa muntu, naremewe gukunda no kubabarira, gusa muri ibi nkwiriye gusekwa, nkwiriye guhabwa inkwenene n’abantu.

Ntabwo ndi hano ngo nirengere cyangwa ngo ngire abo ntera imbabazi, nibyo narakosheje kandi amakosa yanjye narayamenye, ntabwo ndi umwere (Intungane)”.

Yakomeje agira ati:”Nahemukiye umuryango wanjye,abavandimwe banjye ndetse n’inshuti zanjye.Burya ikosa ubwaryo ntabwo ari ikosa keretse risubiwemo. Nababariye uwo twakundanaga kandi niteguye kujya ahandi”.N’ubwo bimeze bityo, Harmonize yakomeje

guhisha ibanga ry’itandukana kwabo atitaye kubafana be bamubazaga aho urukundo rwabo rugeze.Nyuma

Advertising

Previous Story

Kenya: Abantu 5 b’ibyamamare bakize bavuye mu buzima bubi

Next Story

Umugabo w’umunyamujinya yafashwe ari gukubita umubyeyi we ugeze muzabukuru

Latest from Imyidagaduro

Go toTop