Kenya: Abantu 5 b’ibyamamare bakize bavuye mu buzima bubi

13/12/2022 15:51

Magingo aya umuntu avukira mubuzima bubi ejo agakira akaba umuntu udasanzwe ku isi ndetse no mu gace atuyemo.

Muri iyi nkuru y’uyu munsi tugiye kurebera hamwe  5 babaye ibyamamare nyamara bari abakeneye cyane.

Ni ibyamamare ndetse ninabakire ariko utereye amaso mbere y’uko baba abakire cyangwa bamenyekana hari byinshi wakwigiramo.

Ntabwo tujya kure y’umugabane wa Afurika mu gihugu cya Kenya honyine.

1.Jalang’o

Jalas yabyawe n’ababyeyi b’abakene cyane mu gace ka ‘Homa Bay’.Ababyeyi be bari abakene cyane ndetse bakora ubuhinzi

Magingo aya umuntu avukira cyane.Kimwe n’abandi basore bose, Jalang’o, yagiye mu Mujyi gushaka ubuzima aza no kuba umunyamahirwe abona akazi,kuburyo ubuzima bwe bwahindutse akaba umukire na magingo aya.Uyu mugabo afite inkomoko mu gihugu cya Kenya. Ati:” Raeally hard but tried because of God. and /Because

2.Khaligraph Jones

Uyu ni umuhanzi w’icyamamare muri Afurika yose muri rusange.Uyu muhanzi uririmba injyana ya Hip Hop, yabanje kwirengagizwa

cyane n’abazamuraga impano z’abahanzi gusa akora muri muzika ye ya ‘Bigwigs’, afite intumbero yo kuyigeza kure.

Uyu muhanzi yaje kuba icyamamare kurwego rwiza kugeza ubu.Uyu musore nawe n’uwo mu gihugu cya Kenya.

3.Vera Sidika

Uyu ni umwe mubahanzi mu gihugu cya Kenya.Uyu mukobwa agishyira hanze indirimbo ye yambere,abahanzi benshi ndetse n’abagabo

bibajije niba yarashatse cyangwa niba akiri wenyine kugira ngo bamwegere.Uyu mukobwa yabayeho mu buzima bubi gusa aza kuzamuka aramenyekana kuburyo kugeza ubu abarirwa mu bafite amafaranga.Kuburyo buhagije we nabemri rusange

4.Bahati

Bahati ni umuhanzi wabayeho nabi cyane ndetse cyane.Bahati wari imfubyi yatangiye umuziki akora injyana yo kuramya no guhimbaza Imana nyuma.Bahati yabaye umunyamahirwe kuko impano ye yaje kumenyekana ubwo yakoranaga indirimbo na Rayvanny bayita ‘Nikumbushe’.

5.Njugush

Uyu musore ntabwo byari byoroshye ko abantu bemera ko ashobora kuzagira umubiri nk’uwo afite kugeza.Uyu musore

yakuriye mubuzima bubi gusa kugeza ubu Imana yamukoreye ibitangaza.Ni umwe mubagabo bamenyekanye kubera uburyo asetsa.

Ubuzima buravuna ariko ningombwa gukora cyane ukavunira ejo hawe hazaza.

Advertising

Previous Story

Abachou ndumva nafata akanini nkazakanguka ku wa Gatatu –Louice Mushikiwabo

Next Story

Nyuma yo gutandukana na Kajala bwa kabiri Harmonize yagiye kwipisha SIDA

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop