Hura n’abakobwa b’ibizungerezi 5 bakundanye na Diamond Platinumz wabatijwe ‘Aburahamu’

16/12/2022 12:39

Umuhanzi mwiza w’icyamamare Diamond Platinumz yabaye ikimenya bose nyuma y’inkuru zitandukanye z’urukundo yagiye ajyamo zikarangirira mu marira.

Umuhanzi mwiza w’icyamamare Naseeb Abdul Juma wamamaye nka Diamond Platinumz yababaye icyamamare ndetse agendera ifiyeri ryo kuba yariswe ‘Aburahamu’ bigendanye n’umubare w’abana afite (Nairobiness.nation.africa).

Abakurikiranira hafi amakuru y’uyu mugabo umaze kuba icyamamae, bavuga ko intego ye ari ukuzenguruka umugabane w’Afurika ahabyara abanan’ubwo we atari yabyamamaza ubwe.Umuhanzi ukomeye.

Umuhanzi ukomeye afite abana benshi bazwi ndetse n’abandi batazwi nk’uko ikinyamakuru twagarutse ho haraguru kibivuga.

Diamond Platinumz ukundwa n’abagore cyane bemera no kuryamana nawe haba abakiri bato cyangwa abakuru nyuma y’uko ibyabo byangizwa.

Muri iyi nkuru tugiye kugaruka ku bagore 5 uyu mugabo amaze kuryamana, bakanabana gusa urukundo rwabo rukaza kurangirira mu ntambara.

DORE URUTONDE RW’ABAGORE BATERESWE NA DIAMOND PLATINUMZ.

1.WEMA SEPETU

Uyu ni umwe mu bagore bakundanye imyaka myinshi na Diamond Platinumz nyuma baza gutandukana

.Amazina ya WEMA SEPETU, yanyujijwe mu binyamakuru bitandukanye aba icyamamare.Mama we ni Mariam Sepetu.

2.Jokate Mwegelo

Uyu ni undi mugore w’icyamamare muri Tanzania wakundanye na Diamond Platinumz karahava urukundo rwabo ruguma mu ibanga.

Akiva mu rukundo na Diamond yahise akundana na Commisioner  wa Darsalam Temeke.

3.Hamisa Mobetto

Uyu we azwi cyane kumbuga nkoranyambaga.Uyu mugore yakundanye na Diamond Platinumz ndetse anaza kumubyarira umwana ubwo hari mu rukundo n’undi mukobwa witwa Zari Hassan.Mama we yitwa Shufaa Lutigunga ninawe wafashije Hamisa Mobetto gukoza abana be 2.

4.Zari Hassan

Uyu nawe yakundanye na Diamond Platinumz karahava  ndetse anavugwa mu bitangazamakuru binyuranye byo muri Tanza ni a

5.Tanasha Donna.

Tanasha Donna ni umunyamakuru w’icyamamare  uyu yaje mu rukundo n’uyu mugabo w’icyamamare muri

Afurika nzima nyuma y’urukundo yari avanyemo na Zari Hassan nk’uko twabigarutseho.

Uyu mugore yabaye ikimenya bose nyuma y’urukundo rwanditswe ho cyane n’abantu batandukanye.

Kugeza magingo aya uyu muhanzi w’icyamamare Diamond ari mu rukundo n’umuhanzi kazi yizamuriye Zuchu,

yafashije kugira izina rikomeye nyuma bikaza kuvugwa.

Advertising

Previous Story

Umugabo w’umunyamujinya yafashwe ari gukubita umubyeyi we ugeze muzabukuru

Next Story

Umugore yabyaye umwana ufite amaguru ane nyuma y’uwavukanye imitwe ibiri

Latest from Imyidagaduro

Go toTop