Umugore yabyaye umwana ufite amaguru ane nyuma y’uwavukanye imitwe ibiri

17/12/2022 12:34

Byafashwe nk’ibitangaza ndetse unabyumvise wakumva ko bitangaje cyane na cyane bidasanzwe.Umugore yabyaye umwana ufite amaguru ane nyuma y’uwavukanye imitwe ibiri.

Umwana ufite amaguru ane yavutse.Uyu mwana watangaje abantu bose ateye mu buryo butangaje na cyane bimwe mu bigeze umubiri we bitangaje kuva hasi kugeza hejuru.Umubyeyi witwa Gwalior  utuye mu karere ka Madhya Pradesh mu gihugu cy’Ubuhinde, yabyaye umwana ufite amaguru ane bitera abantu benshi amatsiko no gukomeza kumwibazaho no kwibaza kuri uyu mwana w’umukobwa.

https://www.youtube.com/watch?v=POWP6YyVDxU
KANDA HANO UREBE IYI VIDEO

Muri ibi bitaro haherukaga kuvukira undi mwana utangaje wabyawe na Aarti Kushwaha na Sikandar Kampo nabo batuye muri aka gace.Umugore yabyaye umwana ufite.

Nyuma yo kwibaruka uyu mwana abaganga bavuze ko ameze neza ndetse ko n’ubuzima bwe bukomeye cyane.Uyu muganga

yavuze ko ibiro by’umwana byari 2.3 na cyane byaje no kwemezwa n’itsinda ry’abaganga bakora muri ibi bitaramo.

Uyu muyobozi w’ibi bitaro Dr RKS Dhakad, yaragize ati:”Uyu mwana afite amaguru ane, yavukanye ubumuga ndetse n’ibindi

bice by’umubiri bye birangaje koko hari ibirengeje umubare ugenwe bizwi nka ‘lschiopagus’ mu rurimi rwa kiganga(Amuga y’abaganga).

Iyo ‘ambryo’ yigabanyijemo ibice 2, igice cyo hasi cy’umwana na cyo cyigabanyamo ibice ariyo mpamvu kuri uyu mwana hahise haza

amaguru abiri yiyongereye ho ariko adakora.

Kugeza ubu abaganga bari kumwitaho ngo barebe niba hari ikindi gice cy’umubiri we cyangiritse kuburyo bugaragara cyangwa kidasanzwe.

Nyuma yo gupimwa ni biba ngombwa dusanze umwana ameze neza ,ariya maguru adakora azacibwa hanyuma  kuburyo azabaho ubuzima busanzwe”.

Uyu mugabo yakomeje avuga ko uyu mwana yajyanywe mu mpinja zigomba kwitabwaho vuba na bwangu bitewe n’ikibazo cye afite.

Ati”Uyu mwana yahise ashyirwa mubandi bavutse bagomba kwitabwaho cyane n’abaganga muri ibi bitaro

byacu kuko aya maguru ye agomba gucibwa abazwe”.

Mu ntangiriro z’uyu mwanya muri iki gihugu cy’ubuhinde muri ibi bitaro,umubyeyi yabyaye umwana ufite imitwe ibiri ndetse n’amaboko atatu n’amaguru abiri muri Madhya Pradesh’s Ratlam.Abaganga bavuga.

Advertising

Previous Story

Hura n’abakobwa b’ibizungerezi 5 bakundanye na Diamond Platinumz wabatijwe ‘Aburahamu’

Next Story

Ngomijana yafashe ibibazo bye abishyira kumuzani bipima ubusa-VIDEO

Latest from Ubuzima

Menya ibyiza bidasanzwe byo kurya inanasi

Inanasi ni urubuto ruzwi cyane ku isi yose kubera uburyohe bwayo ndetse n’akamaro k’ubuzima ifite. Uru rubuto rukomoka mu muryango w’ibinyomoro (Bromeliaceae) kandi rwamenyekanye

Menya ibyiza utari uzi byo kurya ipapayi

Ipapayi ni urubuto rutangaje kandi rwuzuye intungamubiri nyinshi zituma ruba ingenzi mu mubiri w’umuntu. Aha twaguteguriye ibyiza bitandukanye byo kurya ipapayi: 1. Kubungabunga
Go toTop