Umugabo yahagaritse ubukwe nyuma yo kumenya ko umugore bagiye kubana afite abana babiri

02/08/2023 18:47

Hirya no hino ku mbugankoranyambaga bakomeje guhererekanya amakuru y’umugabo wahagaritse ubukwe igitaraganya nyuma yo kumenya ko umugore bagiye kubana afite abana babiri.

Ibi byagaragajwe mu mashusho aho uyu mugabo yari yagiye kwaka inkwano yakoye uyu mugore avuga ko abo bana buwo mugore Atari Abe.Burya kuvugisha ukuri mu buzima ntako bisa, kuko akenshi usanga ibintu byicwa no kutavuga ukuri ngo uvuge ibintu uko biri neza.

Cyane ku bakobwa cyangwa ku bagore umwana ni ikintu kingenzi kuri wowe, mugihe ufite umwana ni ngombwa ko umugabo cyangwa umukunzi wawe abimenya ndetse mu minsi y’ambere.Mbere Yuko umubano wanyu utangira kugera ku rundi rwego, ni ngombwa ko mwembi mubwirana amabanga akomeye kugira ngo ejo bitabatanya.

Ibaze umugore ushobora kukubeshya ko nta bana agira afite abana babiri ese ubwo nyuma yazakubeshya ibingana iki. Abantu benshi bakomeje gushyigikira uyu mugabo bavuga ko ibyo yakoze bikwiye ndetse cyane.

Source: News Hub Creator

Advertising

Previous Story

Umugabo ufite ubumuga yagaragaye ari guhinga ashaka amaramuko aho kujya gusabiriza nk’abandi

Next Story

kore iki? : Umugabo wanjye yamfatiye mu buriri ndikumwe n’umukozi wacu yigira nk’utatubonye

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop