Umugabo ufite ubumuga yagaragaye ari guhinga ashaka amaramuko aho kujya gusabiriza nk’abandi

02/08/2023 18:30

Mu buzima tubaho ubuzima bitandukanye twese, Hari ababaho mu buzima bwiza ariko hari n’abandi babaho mu buzima bushariye.

Ni nako rero bamwe babaho bafite ibiceri by’umubiri byose ariko hakaba n’abandi bagira bicye.Gukora ni ikintu umuntu wese yaremewe kuzacamo, mu gihe uhumeka umwuka wabazima burya ni ngombwa ko unyura mu bikomeye.Hirya no hino ku mbugankoranyambaga bakomeje gushima ubutwari Umusore wagaragaye Ari mu murima guhinga Kandi nyamara afite ubumuga.

Ubusanzwe abenshi bameze nkawe ndavuga bafite ikibazo nkicye, bakunda gusabiriza ariko we ngo yahisemo gukora ngo abeho aho gusabiriza.Mu ifoto yakomeje kubica cyane ku rukuta rwa Facebook, uyu musore yari Ari mu murima afite isuka ubonako Ari mu mirimo ye yaburi munsi.

Ese wowe ufite ibice by’umubiri byose ukaba waranze gukora ubu ntasomo ukuyemo! Benshi bifuza kumera nkawe benshi bapfuye wowe ukaba ukiriho, nyamara ukwiye guhinduka.Uyu musore ntabwo yigeze avugwa amazina ndetse n’aho aherereye gusa yabaye isomo ryiza kubatuye isi.

Umwanditsi: Byukuri Dominique
Source: Dickson Sitienei

Advertising

Previous Story

Umukozi w’Imana Apotre Gitwaza yemeje ko mu Rwanda hari abapasiteri b’inzererezi

Next Story

Umugabo yahagaritse ubukwe nyuma yo kumenya ko umugore bagiye kubana afite abana babiri

Latest from Inkuru Nyamukuru

Amateka yaranze Tariki 26 Nyakanga

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibyaranze iyi tariki mu mateka.Nihagira icyo wifuza kirenze ukidusigire ahatangirwa ibitekerezo. Uyu munsi tariki 26 Nyakanga, ni umunsi
Go toTop