Ubuzima bwa Papa Francis mu mafoto ! Kuva ari uruhinja kugeza apfuye

2 weeks ago
1 min read

Papa Francis yabaye ijwi ry’abatishoboye kuva mu myaka ye mito kugeza abaye Umukuru w’Abasengera mu Idini Gatolika ku Isi. Papa Francis yapfuye kuri uyu wa 21 Mata 2025 nk’uko Vatican yabihamije mu itangazo ryasomwe na Kevin Farrell.

Papa Francis , yatowe muri 2013 na Papa Benedict wa XVI wari ugeze muzabukuru. Ni we Papa wa mbere mu mateka y’Isi, wari uturutse muri ‘Latin America’ ndetse akaba n’Umunyamerika wa mbere wari ubaye Papa. Mbere y’uko aba Papa , yari Kardinali Jorge Mario Bergoglio.

Uwo witwaga Jorge Mario Bergolio nk’izina yahawe n’ababyeyi be, yaje guhitamo Francis mu rwego rwo guha icyubahiro Mutagatifu Francis w’i Assisi , wabahwa muri Gatolika nka Papa wafashaga abakene.Mu gihe cye nka Papa , yafashije cyane abatishoboye, yita ku bimukira n’ibidukikije.

Francis ari kumwe n’umuvandimwe we Oscar, bakaba baravutse mu 1936. Papa Francis ni we mwana mukuru mu bana babyawe na Mario na Regina Bergoglio.

Papa Francis n’ababyi be mu 1958
Papa Francis yabaye Umupadiri mu 1969.
Kuri Pasika yo muri 2000 , mbere gato ko aba Archbishop wa Buenos.
Muri 2001 yagizwe Karidinali na Papa Jean Paul II
Papa Francis arimo gusuhuza imfungwa muri Buenos Aires.
Muri 2005 ubwo yarari koza ibirenge abagore.
Francis yahuye na Benedict XVI ari nawe yasimbuye. Hari muri 2007.

Nyuma yo gutorwa nka Papa, yaraye muri Paulus VI , aha akaba yarari kwishyura amafaranga y’icumbi.

Muri 2013 yabaye Times Magazine’s Person of the year.

Papa Emeritus XVI ari gusuhuzanya na Francis.

Papa Francis arimo gushuzanya na Fidel Castro wari Perezida wa Cuba. Hari muri 2015.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Go toTop