Tom Close n’umugore we bageneye Miss Mutesi Jolly impano ikomeye

31/12/2023 08:05

Umuryango w’umuhanzi aka n’umuganga Tom Close na Tricia wifurije Miss Mutesi Jolly umwaka mushya umugenera n’impano.

Ni impano irimo ururabo n’u rwandiko rwuzuye amarangamutima yifuriza Miss Jolly umwaka mushya muhire wa 2024 no kuzagira ihorwe.

Uru rwandiko rugaragaza ko rwavuye kwa Tom Close na Tricia.

Bagize bati:” Umwaka mushya muhire mushiki wacu. Imana ikwiyereke mu migisha myinshi y’ibyishimo n’urukundo.Turagukunda ; Tricia na Tom Close”. Barenzaho agashushanyo k’umutima.

Ni u rwandiko rugaragaza ko rwavuye kwa Tom Close na Tricia ( T&T Family) to Mutesi Jolly.

Nyuma yo kwakira uru rwandiko Miss Rwanda 2016 Mutesi Jolly yagaragaje ko anejejwe n’iyo mpano maze agira ati:” Murakoze muryango mwiza Tricia – Tclose”.

Advertising

Previous Story

Umuhanzi Christopher Muneza yahuriye n’uruva gusenya i Burundi

Next Story

Abahanzikazi basoje umwaka wa 2023 bayoboye abandi kuri YouTube

Latest from Imyidagaduro

Intare FC yasinyishije umukinnyi mushya

Umuyobozi wa Intare FC, Byabuze Gatibito yavuze ko nta biganiro bigeze bagirana na Mukura VS yatangaje ko yasinyishije Ishimwe Jean-René wari intizanyo y’iyi kipe
Go toTop